UMUTEKANO(EP137): Guverneri, Meya n'Inzego z'Umutekano bamfungiranye mu Karere Umunsi wose! Ubuhamya
UMUTEKANO(EP137): Guverneri, Meya n'Inzego z'Umutekano bamfungiranye mu Karere Umunsi wose! Ubuhamya
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@AbdourHitimana Says:
❤❤❤❤❤❤
@jeanboscobasigayabo3542 Says:
Mbabwije ukuri Umurenge ntabwo uyoborwa n'umuntu uwo ariwe wese.Byacanze abarenze umwe,nawe rero byagombaga kugucanga.Uko wagiyeho niko wavuyeho wagombaga kubyakira
@NgogaJeandedieu-n7s Says:
Urumuhanga kbx 👍 wagirango urumunya mategeko urakaze 👍
@NgogaJeandedieu-n7s Says:
Uburwayi bwanyu bufite ishingiro mwahuye nibibazo kabisa
@amahorojotham8277 Says:
Haryango ni tour du Rwanda ? Njye mbona wagirango bagite gahunda yo yo kugeza buri munyarwanda kuntebe ya gitifu ubanza ari rotation kbs . Ibi bintu biri mubidindiza iterambere nigute abantu barwanira mukazi ka leta nkaho arimirima yaba nyina? Commission yabakozi ba leta numurimo nibisuzume kd muturere twose
@muhayimanagerard769 Says:
Nagahomamunwa
@muteteriagnes6974 Says:
Uziko wagirango Akarrere n'akarima kabo
@TwagirumukizaPlacide-r5p Says:
Uziko iyo mbimenya ntari kwegura nanjye we, nubundi ntacyo nungukaga ariko akarengane ni kabi pe
@denysmutabaruka Says:
Uyu mayor anteye amatsiko yo kumumenya wallah
@denysmutabaruka Says:
Ariko Mana ujye utabara ubwoko bwawe
@musafrancois1976 Says:
Ibi nibyo pe njye byarananiye kubivuga ariko abantu bajye bagaragaza kuvuga akarengane kabo ko mu nzego z'ibanze amategeko akurikizwe turi mu gihugu kigendera ku mategeko
@bestfriend250TV Says:
Ntugende utankandiye ku gafoto tuzamurane nyabu❤❤❤❤
@WISDOM_25-d3j Says:
Mayor wikanyiza muri iki kinyejana ndamukomeje. Azige uko bagenzi be bamubanjirije bagiye babaho. Uwo ari kwandavuza ashobora kuba ariwe wazamuha lift igihe azaba atakiri kuri uwo mwanya ibintu ni magirirane
@shyakasam-2025 Says:
Ahubwo hari nikibazo cyo kutishyurira abakozi imisanzu ya pension mu myaka yashize
@John250-x1t Says:
Nibagusimbuze mayor..
@kigemeprojectsagri-busines345 Says:
Ubundi ibi twumva umuntu abihuza na za rapports zikorwa ni ibigo bya leta byemewe gukora izo rapport,akenshi zerekana uburyo akarere kagenda gasubira inyuma umunsi ku munsi. Muzarebe akarere ka nyamagabe nta mpinduka zigaragara wahasanga nk"utundi turere tugize u Rwanda, ndetse ntahagwa ry'imirimo ihari nkahandi. Aya matiku aba avugwa muri nyobozi y"akarere bituma n"umusaruro ubura kuko abayobozi birirwa mumatuku gusa. Dore ibiri muri nyamagabe: 1. Imyigishirize muburezi iri hasi cyane; 2. Services nazo zibarirwa hasi; 3. Imibereho myiza y"abaturage iri hasi; 4. Iterambere ry"akarere urabona ko ritajyanye niryahandi kandi leta ntako iba itakoze; 5. Hari byinshi byo gukosora muri nyamagabe.
@samuelsebanani7214 Says:
Mu Kanama 2021, yafashe icyemezo cyo gushyira Akagari ka Gatare muri gahunda ya Guma mu Rugo kubera ubwiyongere bw’abanduye COVID‑19 mu gace.
@nduwumukizatheogene Says:
Nyamagabe n'ibyo byayo jyewe narumiwe pe ni ku isi ukwayo😅
@irakuzwaaimepatrick8560 Says:
Hh
@TUYISHIMIREGodeline-x6e Says:
Ariko kwaka umuntu isahani arimo kuriraho mu gihe woe uyimwatse ufite iyawe kdi utemerewe kurira ku masahani 2 byungura iki🫩
@HealWithProvidence Says:
iyi nkuru ni akasamutwe kabisa
@kaberaericdeo118 Says:
Ese ako karere ni umwihariko n'ingarigari ya maya yahawe n'ababyeyi be? Ni gute guverineri n'inzego z'umutekano zigwa muri bene aya makosa yo kurenganya abakozi bo mu nzego z'ibibanze? Ukurikije ibyo uyu muyobozi asobanura biragaragara ko maya ari umunyamafuti kandi ibi abihuriyeho n'abandi bayobozi yo gufata abakozi nkabakozi babo bo mungo cg abacakara. Ibi bikwiye gucika munzego zibanze no munzego za leta.
@vetdoctor9762 Says:
Wunve ko na essence icyo gihe babigena yaguraga 380 /litre
@vetdoctor9762 Says:
Ayo 69k ninayo baha gitifu wakagaari ninayo vet na agro babaha kdi mubyukuri na vet akoze field uko bikwiye ntiyavamo pe na essence yonyine ntibyakunda
@antoinentagwabira9137 Says:
Joseph uri umunyamakuru pee, Uzi gushaka amakuru kandi uzi no Gusesengura!!

More Politiki Videos