Keza kd nawe reka kurata iyo nzobe y,icyo cyirara cy,umugore.
@TheophileGatete Says:
Maman Uwase none nta mwanya ufite wo guhisha ibya garagaye.
Mesa kamwe wa mugore.
Kd abo bana wasize uzatuma bandagara kubera imyanzuro wafashe si myiza.
@TheophileGatete Says:
Ariko,
Uyu mugore ari guteta.
Njyana uwo muhungu kwa ze kubera yaje kugusenyera.
Kd uri kubura ubwenge wa mugore cg uri fuza kwicisha papa Uwase ufatanyije n,uwo muhungu.
@HarerimanaFrancine-l9m8r Says:
Muzogabura mucemwo kubiri😢😢😢😢
@MuraluMurali-i8w Says:
Uyomugab. Ndamubony. Nuv. Umujinya
@maisharobloxy Says:
mwiriwe neza wamugabo we wababarira uwomugore nawe yabonye isomo pe mubabarire turagusabye pe turabakunda mugabo ❤❤❤
@MURAGIJIMANAvestine-wu1ei Says:
Wowe x ko wabyaranye na Farida akakubabarira???
@oliveruwera4031 Says:
Jyewe uyu mugabo antera asyi
@HarunaNdamubeshe Says:
Mama wase uwomwana papa we yarasavye umwana we papa wase yakubwiye kumujana kwase hama ugaruke urere abandi kandi urya mwana ubu numuntu wumugabo naje kwase papa wase ntamahane afite
@AlisAlison-p5u Says:
Uyumu papa ariko ahemukira abobana
@MariemOslt Says:
Ati ntamugabo ugira amafuti. Ariko abagabo babanyafrica mufite byinshi byo kwiga pe
😕
YOUTUBE COMMENTS