Ariko se niba lmana i yemera muragirango bi uzwe nande nayezu yarapfuye.umwana wo kurimbuka azarimbuka .nigute lmana ishyiraho ugitugu mu guhitamo ikiza nikibi
Abayobozi b'ibihungu ni abakozi ba satani ntacyo bibabwiye.
@ManChester-l8l Says:
Kuki abitwako bakurikiye Imana badakanguka koko ubu bakwihannye bagahara ibyo bafite byose ,kubwa Kristo nawe wasize byose ku bwacu , kuki abantu bo bumva bazajya mw'ijuru nibyo bafite byose ntacyo basize kubwa Kristo ntabwo inzira ifunganye inyuramo benshi rero cg inyuramo imitungo abantu bigwijeho ngo ni abakozi b'Imana
Igihe kirageze ko Yesu wabwirije ,Yesu waririmbye agusaba kugurisha ibyo utunze byose ukabiha abakene nka wa musore w'umutunzi
mariko 10 : 17 -- 31
Abigisha bose ko Digital ID ari nta kibazo bajye muri Eden barebe Eva inzoka imumbwira ngo erega gupfa ntimuzapfa none nimurebe aho icyaha kigejeje iyi si
Icyaha gikomeye ni ugushidikanya icyo Imana yavuze .mw'ijambo ryayo satani rero niwe uri kuvugango yoshya abantu ngo ibyo byo mubyahishuwe 13:16-18 ntacyo bivuze muraje mwinjiremo neza muri system ubundi muzibonera nyumwa ingaruka zayo
Satani ari ku murimo yashyize n'abakozi be ku murimo
Abakunda Imana by'ukuli ubu nibwo bagiye kugaragara
@ManChester-l8l Says:
Ariko Yesu arababwira ati: mwirinde umusemburo w'abafarisayo ( abahagarariye amadini) mwirinde kandi n'umusemburo wa herode ( abategetsi bose b'ibihugu na leta zose)
Umusemburo wabo ni inyigisho zabo mariko 8: 15
Ubwo se ninde utazi ko Leta iyo ifatanije n'amadini igikurikiraho ari ugutoteza abatagendera mu mategeko yabo , aribyo byitwa kuramya inyamaswa ( Leta) n'igishushanyo(amadini)
Binyuze muri Digital ID akaba ariho bagomba gutotereza abantu kubaramya ,nonese ubundi Leta biyitwaye iki abantu batagiye muri system ya ID ko aribo baba bihombeje service bahabwaga , baretse abantu ,ariko kuko ari ubuhanuzi Leta igomba gusohoza bazahata abatuye isi bose gushyirwaho icyo kimenyetso cyabo kuko bazi neza ko bagiye kurimbuka barashaka abo gupfana nabo .
Habwirwa benshi hakumva beneyo
Yesu ashimwe ese niba ubutegetsi bubi bwatuma abo bayoboye barimbuka ndumva no kubona ubugingo buhoraho byaba bishingiye kuri politique nziza yiguhugu.ibyo c ubwo bible niko ivuga ndumva ibyo mwavuze byose ntakuri kw'ijambo ry'lmana.erega ubugingo bwumuntu nubwigiciro cyinshi bukwiye kurekwa iteka (zaburi 49:7-11); umwizera ntacirwaho iteka utamwizera amaze kuricirwaho (yoha 3:18) uko niko kuri kwa bible,ubugingo ntibushingiye ku kintu runska bushingiye kugitambo kristo yatanze.kdi ubugingo ni kristo ubwe.nyabuneka munye ukuri kdi mwigishe ukuri kuko ibinyuranye nibyo ijambo rivuga byose nibinyoma waba waravuye mu idini cg uri mu idini.
@verenwmukabera5249 Says:
Ariko rero ujyenzure izo ndimi uvuga ko hari aho zivugwa ku isi .niba ntaho ubwo bisobanuye ko Nta n'umuntu uzumva byaba byiza uziretse ,kuko aho zakoreshejwe zari zifite abazumva baravuga ngo buri wese yumvaga bavuga mururimi rw'iwabo.none urwo unyuzamo ukavuga ni urwo mu kihe gihugu ku isi????
@Sonofsoil985 Says:
Wa Mugabo we Hamwe nabo mukorana Leta ibashake ibahane mwebwe iyo mutinyuka mugategura ibiterane iminsi yose muba mwumva ntakibazo? Mwebwe murashaka kwicisha abantu inzara ? Umwami mukorera azabahemba Niko njya numva mwigisha. Gusa ndababwiza ukuri ko ibibategereje Ari ibibi Atari ibyiza, muzabona ishyano.
Yesu n'ashimwe cyane pastor uwiteka Imana y'amahoro nukuri ikomeze ikwambike imbaraga urafasha abera b'Imana uwiteka akugirire neza ❤❤
@ChristianismeprimitifTv Says:
Iyaba *J. LUC yemeraga, NKAZA KURI AYALONI,* akazana naba bose ba Kamanzi,... TUGAFATA BIBILIYA, MAZE NKEREKA ABANTU BOSE KO IZI NYIGISHO BIGISHA ARI IBINYOMA.
~~Ni byiza ko ibintu nkibi *bigirwa impaka ku mugaragaro,* kugirango hagaragare ukuri uko ari ko.
~~ MBISABYE KU MUGARAGARO : *J.LUC, NYEMERERA NZAZE.*
@genevieveashimwe3229 Says:
Ariko aba bashumba bacu bajye batubwiza ukuri!baratubwiye ngo umuntu wese wafashe urukingo nibura rumwe rwa covid!ngo yamaze gusibwa mu gutabi cy'ubugingo!none ngo na ID iratwaka ubugingo!tubuhabwa system yarebaga he niba yari ihari?icyaha cyo cyari guhari kdi nicyo cyonyine cyinyaga ubugingo!muhumure, Umwami wacu Yesu Kristo ari ku ngoma kdi arayoboye ntabwo arangaye itorero rye aribereye maso
Ariko ubugingo mubufata nk'akantu ukoraho uko ushatse!ubugingo bw'abizera burarinzwe kuruta uko mubitekereza!kdi tubeshaya Imana ko tuyizera ariko nta kwizera ntako!gusa ntiturarame ngo izadukiza !ibyo kwirindwa tubyirinde,ubundi uru rugamba kristo niwe uri kururwana!muhumure!dukiranuke gusa!
YOUTUBE COMMENTS