Njye icyo numva ni uko bur wese yahabwa ikicirooooo CYE ufite imyaka 18 akaba ataba mu cyiciro cya babyeyi nibyo bibihindura ikinyomaaaa
@danieluwiringiyimana8075 Says:
HARI ibintu 3 ndeba mur mituwel.
1.abantu BANZE gutanga amakuru mu mibereho himurwa ayari mu byiciro byu budehe
2.abantu bafite family nini ntago bihutiye kubikurikirana
3.abantu bakodoze amakuru mur system yo ihita iguhindurira Ako kanyaa.
Nta byacitse rero abantu nibegere ba sedo babafashe kuzuza mu mibereho birikoraaa
Mituwel ntakibazooo kuba yazamukaaa
@kayondeuwimbabaziviviane2458 Says:
Za council ni urugero rwiza rw'ukuntu inzego zacu zidakorana ahubwo zipezanya gusa cyangwa ibindi tudasobanukiwe. Gute urwego rutari n'urwa Leta (nibyo ntekereza) ruhinyuza ibyo Leta yemeje? ZA curricula zigishwa mu mashuri zishyirwaho izo council zidahari? Ku buryo umuntu amara imyaka 6 yiga (ndavuga ku biga Medecine, cyangwa imyaka 4 ku biga ibindi kuko niba mbyibuka neza hari izindi facultes nazo zari zatangiye gushyiraho izo councel nk'abize Law na Accountant) yishyuye school fees n'ibindi byose bisabwa, aratsinze, ahawe diplome, yewe Graduation ikozwe ku mugaragaro ndetse hari n'abayobozi bakuru, hanyuma urwego runaka rugahuruduka ruti ntiwemerewe gukora? Nibadusobanurire impamvu z'izo councel n'impamvu ari ngombwa yenda wabona hari amakuru tudafite. Niba ibyo basaba kuba umunyeshuri agomba kuba azi bitarimo, bishyirwe muri za curricula zigishwa.
@zachariendayishimiye2813 Says:
Niba hari abize kuvura, Urugaga rukabicaza, inzego zose (leta, abo bize, abaturage) zaba ziri mu gihombo! Niba umucuruzi ashora 10 million yahomba 2 million (- 20%) ntacike intege, ni gute wamara 5 years wiga, wabona 40% ugasabwa kudakora?! Nyamara hari ibintu 40 mu ijana uzi gukora neza?!
@turinayoalidrick2289 Says:
Nikanombe harimo clinic prive da, birabangamye kbxa
Mwiriwe? Nibyo ibiciro by'ibintu byose byariyongereye imiti rero ntiyasigara. Ariko twizere ko noneho tutazatanga Musa ngo nitugera kwa muganga banatwohereze muri pharmacies? Ese abaganga bake cyane ugereranyije na clients n'abo bazongerwa? Icya nyuma: Kuzamura imishaha y'abakozi ba RSSB ku rwego ruhanitse buzafasha iki Imikorere myiza ya MUSA Dr uvura ku bitaro adashobora kuyahembwa arushwa umushahara n'umukozi wa RSSB ukorera Health Center?
@PatrickKaramuheto-ip7tu Says:
Ikibazo cyabaganga Kiri kwisi hose pe.ntacyo mwakwitega murwanda
@minanijoseph3278 Says:
1.District hospital zirakennye either ntabaganga bcz bahembwa nabi cyane kdi baravunika
2.ntabikoresho
3.rero nibadatekereza kuri muganga hazahoramo shortage ihoraho kuko bakemura ikibazo bigihereye mubushorishiri kdi kiri mumizi
@minanijoseph3278 Says:
1.District hospital zirakennye either ntabaganga bcz bahembwa nabi cyane kdi baravunika
2.ntabikoresho
@minanijoseph3278 Says:
1.District hospital zirakennye either ntabaganga bcz bahembwa nabi cyane kdi baravunika
2.ntabikoresho nibihari uwo kubikoresha ntiyishimye ,rero umurwayi abirenganiramo
@jmvhavugimana3825 Says:
MINISANTE isasume neza niba abaganga cyane cyane mu bigo nderabuzima n'ibitaro by'uturere niba bari motived , ni bake, ntibaruhuka, bahembwa duke, ese umu nurse umwe ubona imbere ye hari abarwayi 100 ni uwuhe mwanya Yaha umurwayi ngo amutege amatwi Koko ,anatekereze kuby'umurwayi umuri mbere Koko.
YOUTUBE COMMENTS