MFITE INTIMBA IKOMEYE CYANE????EMMY URI GUTUKWA AZIRA KUBAZA RIB|PAPY WAGUZE IMODOKA Y'UMUZINGA ABIJEMO
MFITE INTIMBA IKOMEYE CYANE????EMMY URI GUTUKWA AZIRA KUBAZA RIB|PAPY WAGUZE IMODOKA Y'UMUZINGA ABIJEMO
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@AphrodisNIYONSABA Says:
Sabe g taf bamureke
@AphrodisNIYONSABA Says:
Nyiragongo??????????????????????
@IshimweMustaf Says:
Nubundi uyu ngo ni emi asa nkicyaha ntakiza cyamuvamo
@rurangwaamandine9917 Says:
Murangira usibye ko yize,agira n'umutima wa kimuntu ni umubyeyi cyane
@NadiaNnji-d9n Says:
Ngo indirimbo ya G Tafu ntakitwaye?? Ndabanenze kd ubu iyo Murangira ayivugaho ntimwari kuba muvuga ubusa ,ubuse Sabin ko wasambanye na Nginondebe ubu bose babigemo kuko Atari wowe wambere cg habeho ubukangurambaga bahindure injyana bareke amagambo atuma twibaza byinshi
@NadiaNnji-d9n Says:
Ngo uvite ibimenyetso Papi?? uwambere niwoe musambanyi ntiwafashwe uhirima imiringoti??, iki urabona ukuntu umutumirwa ashaka kuvuga Kadafhi neza uka munigana ijambo??, iki VA kuri Melidi wa musebeje kuva kera gira umurongo ugarukiraho kuko tukumva mubiganiro byawe woe Sabin, ikindi Uzi kuvuga kubandi usesereza ariko igihe karara akugaragaza uwuruwe ntiwarugiseka, wavugaga witsa imitima nagahinda kenshi none ushize impumu utangiye kugarura muriyo wese yawe Melidi , esubu ubona woe RIB ntajusho ikureba ??
@Lion-h4c9m Says:
Ba Emmy bose n’injajwa n’ingegera bagira ishyari uko basa n’iko n’umutima wabo usa
@bizimanaadolphe2804 Says:
Emmy ni i snitch G taffu muranubaz iki ?
@vinceruba9841 Says:
Ariko se umuntu wiyita umugabo abaza ikibazo nka kiriya
@preachertvonline3551 Says:
Papy niyomvu kwemera ❤❤❤❤
@RamsayNganji Says:
Ako kantu k'ishyari. Ariko hari impande ebyiri. Dukome urusyo n'ingasire. Hari ukugira ikibazo ku mizamukire y'umuturanyi: aradukiranye, imbwa zihunguye ivu, ibimonyo iyo bijya gupfa biraguruka, ntibizamara kabiri, etc. Ku rundi ruhande, hari ukwirata n'ubwibone kuwumva yaragafashe cyangwa ushaka kwerekana ko yagafashe: ndabarenze, iyi modoka yatumye nica ku mbwa, ntimuzanyigezaho, etc. Ndetse bamwe bakerekana n'ubukire burenze ubwo bafite mu byukuri. Sosiyete ya henshi muri Afurika niko imeze.
@HADIDJA-q5h Says:
Mbisi merodi ari muririmate ninde wa ufata se
@abayotv8940 Says:
Murebe YouTube channel yitwa ABAYO TV murebe ibibaye
@abayotv8940 Says:
Musure YouTube channel yitwa ABAYO TV wirebere
@2tøne_hustlerboy Says:
Ibya EBM ntimukabitindemo turabizi cyn muri mukazi turabizi😂😂 mutwihere ubwino
@frederickhabimana4702 Says:
Ariko ubundi Emmy asoma comments??? Yahita arwara trauma kuko barimo kumubwiza ukuri!
@dariuskwizera6809 Says:
Harinuwurusha ibyaha akakugirira ishyari mwa
@juventinemujawase8901 Says:
Mbona Lorenzo Ari umunyamakuru uri fort!
@NkoreNdoro Says:
Ikigoryi kibi
@Jpw1x Says:
Emmy yabajije ikibazo umuvugizi wa RIB aregeramo Gtaff Papy wica ku ruhande
@yuyag2039 Says:
Emmy agira ishyari iyi industry yakabaye imuca kuberako umuntu wumva yafungisha G tuff sinziko yabona nijuru
@Yandereyerosine_j94 Says:
Nonex mwara rebye mubona g tuff ariwe nkozi yibibi Koko 😂
@JuniaAman Says:
Ese kowasaraye disi
@iryamukur Says:
Ariko @isimbitv mwagiye mugirana Inama abanyamakuru bo murwanda mwabaye abanyamwuga mukareka kuba abanebwe. Ubu mugenzi wanyu abaze ubugoryi namwe Abe aribyo mwirirwa mwandika. Aho bukera burira nabandikira murugwiro bandika G tuff. Ntamunyamakuru wakizieika kunkuru y'akarengane cg umuntu ukora ibyiza nukwirirwa mubwira Abanyarwanda ubusa ngo ni views na like? Nimube abanyamwuga pe. Emmy yarambabaje . Amashyari yanyu muragakizwa.
@IshimweRebecca-u1f Says:
Indirimbo ya g taf ninziza ubuse ko mutavuze kuyo nunvise ngo nshaka kukwirongorera
@IshimweRebecca-u1f Says:
Ariko ubundi muba mubazibiki mushinzwe ubuzima bwaband Emmy nishyano
@nshimirimanacedrick2006 Says:
Emma bamwice arakinyako
@TetaOlive-x6h Says:
Ariko uretse abantu muhinda mugahindana nibije ubundi iriya nindirimbo koko uretse amahano yaguye mubantu ahubwo ntamwakabaye muyamagana mwese erega mwaihaye umunyamakuru iriya nindirimbo koko urwanda rurimo abana bavuka babyiruka uwiteka ayitembereze puuu hatazagira umwana wange uyumva nwizina rya yesu
@12345lau Says:
Emmy nigihwerahwere
@HadidjaallyGwiza Says:
Kuki atabajije Indirimbo yitwa Rwagihuta ya Masamba ?
@alineuwera83 Says:
Papy ndakwinginze wivugira Emmy nimubi imbere ninyuma agira nishyrii kd ishyari nishyano 😢😢
@mugishazephanie4533 Says:
Emmy numugome yariteretse akuza urwango cyane mubantu cg c muri rubanda I ibibyose cg ubugonebwe bisigaye biruta ubuvugizi mubantu ari gukuza ubugome cyane
@SHYAKADidier-jq4ux Says:
Papy ntuvuge kaze ntebe yankoreye ubugome peeee
@djmaroon5215 Says:
Ntimugashyigikire inshyanutsi jyenda
@Ndogocomedy250 Says:
Cyz papi ati ishyari ni shyano emmy aragaswere nyina
@VincentRuru-b1g Says:
Emmy arasekeje pee
@internationalfunworldwide Says:
Vana Emmy aho ntacyo amaze muri society
@DivineAkimana-rv2tf Says:
Isimbi ❤❤❤
@alainmuhirwa8067 Says:
Emmy afite ubugome bwishi
@NtwariShema Says:
Papi urumugabo peee uvuze I jambo kbs mberenambere gtf ninde numuntu wabanje kwikiranu nibiyobyabwejye urakoze cyane❤❤❤
@TuyisengeEnock-i2u Says:
Yaragoswe kwatabajije iza bruce
@Rugamba-l3w Says:
Babwire papi nikokur
@manzipascal4172 Says:
Papi waguze imodoka cq w'umunyamakuru mwiza?
@Rugamba-l3w Says:
Weekend ishize narindi ahantu heza hiyubashye bidakaze numva bari gucuranga kubita from gitaff
@Rugamba-l3w Says:
Ark sabe kuzi kuganiriza abantu uzatumire nzovu?
@RehemaNaswiba Says:
G Taff nakomeje yishakire mukaru peeee
@RehemaNaswiba Says:
Nanjye numiwe kbs
@esthergisubizo6160 Says:
Hey 👋👋 ndumumotari ariko emi ari muri babandi batwiba kasike kuko sinumva umuntu yagambanira kumugabo mugenziwe
@Impano7657 Says:
Papy mwiza umupapa wumutima mugari ndagusuhuje cyanee,Imana ikomeze ihe umugisha imirimo yamaboko yawe,twahuye rimwe ariko wa mugabo we urimfura nzima shenge ..
@musafirijeandedieu4317 Says:
Gusa niba umwana wawe azi ubusobanuro bwiriya ndirimbo nawe 🤭

More Abantu Videos