Nta kuntu bariya birirwa bafata abacururiza ku mihanda bajya kunganira RIB na Police mu byaro?
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Yose witinda ku bintu inkumi y'umugirigiri ya23ans n'umusaza wa45ans urumva kumutera icyuma cg akamukanda ubugabo kdi nta munyabyaha ugira intege kdi yari yamaze kugwa agacuho nta birenze indaya yakurangiza pe
@Laforteresse250 Says:
Si nk umunsi ikikango cy ubugizi bwa nabi bivugwa Nyagatare bizaturika. Nta rwego na rumwe byibuze rwemeza ko hari gukorwaho iperereza. Ariko hari ukuntu abantu badatuje
@mjp7620 Says:
Kuba uvuka aho ukorera byo byagorana, kuko ubuzima buri dynamic. Wenda arahavuka da, none c n'arongora, umugore we akabona akazi wenda kwigisha mu kandi Karere, ubwo umugabo ntazajya ataha aho umugore ari?
Ubwo kuba ahavuka bizaba bikimaze iki?
@EugeneMathiasMakombe Says:
Nta mbaraga z'umutekano uko zaba zingana zose zazana umutekano. Umutekano mbere na mbere ushingira ku kuba abaturage bafite ibyo bakora kandi bakabikora bisanzuye na gahunda ya leta n'abategetsi bakoresha ukuri kandi abavuga ukuri kubari mo ntibahanywe. ibi ni ingaruka z'ubutegetsi bubi. nta amahoro n'umutekano bishoboka iyo ubutegetsi ari bubi.
@BYOSENIMANAElias Says:
Bivuge neza wagirango leta ya kigali niyo mubyoro ntaho bihuriye muri service zose
@emmanuelmuhirwa9172 Says:
Zurangije neza pe.
Abantu bakorera abaturage nta nyungu badangiye nsbo aho ahubeo ari kubera amaronko bahakura.
@emmanuelmuhirwa9172 Says:
Aba Daso bo bihorere kuko waba ubirsngije nabi.
Ahubwo abakorera byshake bari mu bishoboye nibura bari aho.
@marebepost Says:
@umuryango, songa motel ni ho honyine ho kurara!😀 0 est un élement absorbant pour la multiplication!
Courage kuri analyse👏🏽
YOUTUBE COMMENTS