Hasobanuwe ibyo guhabwa amazu mu midugudu mishya yo guturamo | Uko kwimura abaturage biteganijwe
Hasobanuwe ibyo guhabwa amazu mu midugudu mishya yo guturamo | Uko kwimura abaturage biteganijwe
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@kanyamihigojanvier2926 Says:
Nbabaza kubantu basenyewe munkengero z'ibishanga kandi bafite ihyangombwa kdi hagaragara ko hagenewe gutura hanyuma ntibahabwe ingurane!ese! Ese L'etat irabateganyiriza iki? Kuki batabaha amazu muriyo midugudu!!
@ikagi-k8u Says:
ibyo gutanga inzu z'ubusa babireke. nibura bajye bazigura ku giciri gito gishoboka, kugirango bose bazagere ku mudugudu. mbese ayo akaba nka nkunganire ya leta kuko uyihawe yatanze nibura 1/3 y'ikiguzi. igisubizo kirambye. policy y'imiturire igomba kunozwa havaho iby'ubusa, si ubusa kuko ni imisoro y'abaturage yishyura. murakoze kubyumva
@nyiramuzika Says:
😅😅😂 this is crazy muri 2015 nabonye igishushanyo mbonera ndumirwa ntari kubyemera ariko ubu ndikubona result keep it up Rwanda mufite amahirwe adasanzwe kugira ubuyobozi butekereza kubaturage
@kagabopierre7285 Says:
Mu turere twegereye Kigali baca sites z'imidugudu zo gutuzamo abaturage bo mu gace runaka zikarangira zibaye sites zo kugurisha ababika ibibanza baturutse za Kigali bategereje kuzabigurisha. Urugero :Gahengeri muri Rwamagana. Bivuze ko igikorwa cyo kubavana mu masambu kizaba kitagezweho. Noneho abaguriahije ibibanza bakajya mu buzima bibi bamaze kumara ya mafaranga. Byigweho
@WEFORNURSINGTV Says:
Mutubarize ikibazo kigira kiti Ahantu hari zooning R1,R2,R3,... ariko atari muri site mbega hadakase muburyo bwa site aho hantu ko ari Residential place hemerewe guturwa ?
@radjitv4198 Says:
🇷🇼

More Abantu Videos