KUMARA IGIHE MURI GEREZA BYANTESHEJE AGACIRO NGIRA AGAHINDA????IBYO NANYUZEMO MFUNGUWE BIRENZE UBWENGE
KUMARA IGIHE MURI GEREZA BYANTESHEJE AGACIRO NGIRA AGAHINDA????IBYO NANYUZEMO MFUNGUWE BIRENZE UBWENGE
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@UkweziTV Says:
REBA CHANNEL YA DOUDOU HANO: https://youtu.be/R19r2Ms9KQQ?si=-kOxZvN3vugzb0mr
@hosannaihorindeba912 Says:
Yewe nakoresheje umukozi wafunzwe, abimbwiye sinasinziriye, ariko namuhaye amahirwe ntacyo yaratwaye pe, nakunze displine na vibe ze
@uwimanacecile9115 Says:
unyibukije umunsi umwe nazanye umukozi mubanaye cyane kuko undi yari yagiye ntarabona undi kandi ntagomba guhagarika akazi.nari mfite abana 2 ubwo nyine yari umukozi wabana nuko umuntu andangira umukozi aranampenda ariko ndamufata. umunsi wa mbere wakazi hari umudamu waje kundeba twari duturanye amukubise amaso ubona akubiswe n inkuba aramusuhuza mu izina bari naziranye nuko twinjira munzu ati se nyabu uyu muntu uramuzi? nti wapi! ati yewe uyu muntu yaramaze igihe afunze yajugunye umwana yaramaze kubyara muri toilete.umusatsi wamvuye kumutwe ubwoba buranyica njya kukazi ariko ngenda nsenga Imana ngo amvire mu rugo. koko nawe yagize ubwoba ahari bw uwo muntu yabonye tuziranye kandi amuzi natashye nsanga yatashye, nshima Imana. ubwo rero rwose iyo wafunzwe kaba kabaye sociétés nuko imeze nyine ikizere ni nkikirahure😂
@NyoniEdouard Says:
Ikiganira kiryoshe caaane, uwuvyumva cane n'uwumaze gufungwa, ahubwo UWU mudamu yoshinga ishirahamwe rivuga ivyobintu ryokundwa kwisi yoseeee
@nkurunzizamubaraka5241 Says:
Ntawutagongwa nitegeko ark hanze ha harabantu biberaho nkaho ibyogufungwa bo bitabareba kd iyo bihindutse akisangamo nawe asohoka atekereza nka doudou
@gagaj9065 Says:
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊
@ManiraguhaTheoneste-h2d Says:
Ngo gufungwa ntacyo bitwaye 😅 ahari nashonje
@gabyh2752 Says:
Komera mubyeyi. Ntibyoroshye. Ikintu kitwa stigmatisation ni kibi Kiko kijyana na discrimination. Kandi abantu bagushyiraho icyasha wagira NGO baba bashaka kwiyizeza ko bo Ali beza batali nk'uliya wafunzwe. Mbese bihagararaho. Erega prison burya ni échec ya société .
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Batwigishije kurya no kunywa divayi na ukaristiya (amaraso n'inyama by'umwana w'umuntu=fils de l'homme=Yezu) nkaho tudafite Inka n'ihene.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Niba dukunda umusaraba dukunde na yuda na ba basirikare ba bambye Yezu kuko bose akazi bakoze ari kamwe.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
No mu nzozi ntibyashoboka IMANA y'ukuri mu nda ya Mariya?! amezi 9 yose!? Ikoramo iki? isi n'ijuru biyoborwe na nde? NTIYARYAMA twashira.....
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Nawe reba neza urasanga dusingiza cyane Yezu kuruta uko dusingiza IMANA y'ukuri Yamwohereje aya ni amahugu akabije yirinde.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Ni Impamo IHORAHO IMANA y'ukuri ntabwo Ihinduka na gato DIEU Ne Change Jamais ariko Yezu yarahindutse yavuye mu buzima ajya mu rupfu Singizwa Himbazwa Shimwa MANA y'ukuri Wowe Wohereje Yesu n'izindi Ntumwa ngo zitwereke inzira y'agakiza Warakoze.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Mu butabera bwa muntu icyaha gihanirwa uwagikoze ni gute IMANA Nyirubutabera Yahanira umwana icyaha cyakozwe n'ababyeyi be?ese icyaha cy'inkomoko ni iki ? Humura Muvandimwe nkunda IMANA Ntirenganya umwanditsi yaravangiwe ntabwo turi abana ba data satani turi ab'IMANA y'Urukundo Nyirimpuhwe Nyirimbabazi Ubuziraherezo IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri Ni Nyirimbaraga Ni Nyiricyubahiro Iravuga bikaba ntabwo Ikeneye urupfu rw'iminsi 3 ngo Ineshe satani Yaremye bibwire abandi IMANA y'ukuri Izabiguhembera.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Ibyago bikomeye kuruta ibindi ni ugutakaza ibyiringiro ku mpuhwe n'imbabazi by'IMANA y'ukuri nyamara IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri ntabwo Yatinze ku gutabara isaha yaYo ikorera ku gihe byose Ibikora Igamije ineza yacu ihangane ukomeze uyiringire IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@michael-p1b3b Says:
ubusanzwe bidukundiye, twaha abantu amahoro! Iyo umuntu yahanwe ni nzego zibishinzwe twakabay etumuha amahor- tukamugirira ikizere tukamufasha murugendo rwa re-intergration! Hari benshi bari hanze kubera ko ibyabo bitari byamenyekana!!
@KWIZERAJeanDamascene-r3w Says:
Humura ababifata Gutyo nabafunzwe baza bagaca bugufi bihorere?
@KWIZERAJeanDamascene-r3w Says:
Humura ababifata Gutyo nabafunzwe baza bagaca bugufi bihorere?
@alinemunezero2534 Says:
Uzirinde kongera gufata idena muri bank. Uri umu islamukazi kirazira
@darlideborahngoga8856 Says:
Pore sana
@Mys-z4h Says:
Yooo ese wazize Documents mpimbano maskiiin ntabirenze . ntanumwe utakora icyo cyaha pe , Ngizo za Medical Documentation , Kwishuli , mukazi Yewega Pole sana , Ndabona ur Umugore Mwiza Vraiment utuje ujijutse Mwiza Imana iguhe Igikundiro Nakazi keza Rwose, nuko Mageragere Habamo benshi bishe abantu niyo Mpamvu , abantu batinya bagezeyo , cyera narinzi ko arabicanyi Gusa babayo nkiri inzanga , pole sana
@ndayijules7561 Says:
Uvuze femme Libre bisobanuye ibindi madame
@Kayesu-v4h7t Says:
😂🎉😢😅 Love 💕💕💕💕💕💕💕 you so much chr wanjye nkunda cneee.
@EmRukangira Says:
Cyakora afite umuco kbsa
@Godisgood-jf6mp Says:
🚨ariko Theo mureke ubutaha tuzafate indi version,biragoye ko bantu bemera ibyaha bakoze batabishakiye impamvu. Rero ubutaha muzadusabe kwakira abakoze icyaha niyo cyaba igikomeye ,ukemera nigihano wahawe ukanagikora.wagisoza isi ikaguheza .kuko bigaragara ko uyu mudamu agaragaza ko yisanze mubyaha atabishaka kdi abenshi mubize niko bigenda .ariko hari ukora ibyaha abizi neza ko ari ibyaha kandi nafatwa azahanywa.rero uwo nawe niyakirwe muri societe
@Godisgood-jf6mp Says:
Wooow rwose biguforusa kuvuga umuryango wawe .ndagukunze gusaa❤❤❤❤❤❤❤
@gajuselaphine3054 Says:
None wasubiye kwa Sabin gushyimira abantu bo kuri isimbi tv? Utarabikoze byaba ari amakosa.
@Godisgood-jf6mp Says:
Noneho wowe nomuri gereza bakwitayeho ,hari abo bajugunya bakigera muri gereza😂😂😂
@Godisgood-jf6mp Says:
Nshuti njyewe musaza wanjye yagiye twumvikana agaruka yikorera ibyo yumva arara aho abonye ntampamvu,abeshya kurwego rwo hejuru.rero kugiti cyanjye ndeba umuntu kugiti cye
@Godisgood-jf6mp Says:
Ko mwari mwakoze se iyo mugabana ibya mbere?koyabikuganirije atarabibabwiye?rekana niryarya zabanyarwanda😢😢
@Umunyakuri-j5h Says:
Nkiyo restaurant yabandi ahita yumva agiye iburayi yarayigusigiye ngo umukorere!akagaruka asanga warashatse impapuro zemezako ari iyawe😂😂😂😂gufungwa si bintu mine!!nta kosa ryagufungisha 6moins uri inyangamugayo!! Nuwagambaniwe aba azize kugendana ni nshuti mbi!!ubwo nyine uriyakira iyo wagambaniwe😚ahubwo iyo uvuga gufungwa urengana!!!na society itari bwemereko warenganye!!
@Umunyakuri-j5h Says:
Gufungwa egale indispiline✍🏼niyo mpamvu basaba kumenya niba utariyo!!! Ariko uzi ububi bwu muntu uzi fojari urikoroshya!!!😂?uziko wagurisha igihugu!!!?uziko wahuguza umuntu ukamushyira hasi!!uziko wakwiba!!? Kugongana na mategeko si kintu tujye tubyirinda twitwararike setou
@UwinezaAline-em2ue Says:
Mwankandiye kwi foto kko ndabinginze mumpe sub
@benitosalaim1399 Says:
Umuntu yaka ihanagura busembwa
@nyagahingahassan4056 Says:
Kndi komera nukur
@nyagahingahassan4056 Says:
Ihangane doudou narinarakubuze maze
@karemeragilbert9508 Says:
Ese yafungiwe iki? Gusa umuntu birashoboka ko yahinduka abamwiza cg mubi byose birashoboka nyagasani amworohereze
@Kevin-t8q1s Says:
Ubundi kujya muri gereza nturenze amezi 6 aba ari amahirwe, uhavana ubwenge bwinshi (imiteto iba yarashize, waramenye ukuntu ubuzima kuri iyi si bitandukanye, waramenye inshuti nyazo,....) usohoka ufite ubumenyi batigira mu ishuri bisaba kugira abantu bakuba hafi bakagusubiza mu buzima busanzwe. Ariko iyo amezi 6 arenze umuntu avamo yarangiritse mu mutwe n'abantu bafite ukundi bamufata.
@udeempiretv Says:
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
@ahorukomeyeaimable9693 Says:
Ohangane mukobwa.
@niyonezabernard6045 Says:
Urasa na TONZI, museka kimwe mwenda no kuvuga kimwe.
@iribagizapeace6406 Says:
Nta joro rindacya nta nimvura indacya!
@iribagizapeace6406 Says:
Ihagane mu Byeyi! Komera! Hahirwa umuntu urinda ururimi rwe mugezi we ari mukigeragezo
@Agaseke1932 Says:
Iki kiganiro gifite akamaro kdi gitanga ihumure. Ntuzite kubakubwira amagambo y’urucantege. ❤🙏🏽
@mahappy4294 Says:
Dada ntakubeshye abenshi bavamo aribabi kuruta uko binjiyemo abo nzi barenga 10 kandi nubundi mbona bamwe muribo barongeye basubiramo iyo binjiyemo 2 sha na 5 bazasubirayo,bigusaba kurwanira icyo cyizere kugeza nabandi bakikubonyemo.🎉
@urwibutsodenyse6770 Says:
Salam
@KayumbaFrancis-e1y Says:
Nabonaga Ari Aisha p
@odoxodilon7368 Says:
Mpuise nkwanga,uri ikihebe

More Abantu Videos