Ariko kuri tv10 mwavugiye abaturage ikibazo cyijyanye na site zo guturamo zigatunganywa abaturage bagahabwa uburenganzira bwo kubaka kdi ko hashize imyaka 5 iki kintu kibeshywa abaturage none site zo guturamo zarafunzwe murabona abaturage bazarenganurwa nande?hano mukarere ka Muhanga ho ntibashaka ko bivugwaho kdi hashize imyaka 5 bavuga ngo biri mu muhigo waburi mwaka,ese umuhigo umara imyaka 5 uhigwa udahigurwa?leta yaba yarashyizeho site zimiturire mu magambo gusa cg ni agakingirizo ko kwereka amahanga ko bafite gahunda yimiturire muri raporo ariko ntabishyirwa mubikorwa? Mutubwirire ministre mushya akemure iki kibazo rwose.
YOUTUBE COMMENTS