SHADDYBOO AHO BAMUJYANYE NI MU BITARO?KUKI ATAFUNZWE ANYWA IBIYOBYABWENGE? BURYA HARI BYINSHI MUTAZI
SHADDYBOO AHO BAMUJYANYE NI MU BITARO?KUKI ATAFUNZWE ANYWA IBIYOBYABWENGE? BURYA HARI BYINSHI MUTAZI
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@UkweziTV Says:
BIRATANGAJE🔥TUJYANE I HUYE MU KIGO ABARIMO IBYAMAMARE BABASWE N'IBIYOBYABWENGE BAJYANWAMO MURI REHAB… REBA VIDEO HANO: https://youtu.be/wAeesu-WEps
@BenNgwino Says:
Theo, uzadukorere ikiganiro gisoma commentaires abantu banditse kuri sebiradio kigoryi/gihone kukiganiro yakoreweho ku umuryango TV no kwa Oswakim
@iuuui9u89u76 Says:
Sha banjye betting yaranzonze pe😢
@caritasinamuzima Says:
Wapii Canada rihab ni free
@JeromeHabineza-j1p Says:
Buriya bitaro bifasha uwifashije ntiwajyayo uhuhera natwe tuhaca buri munsi ariko tuzapfa tudakandagiyeyo😅😅😅
@JeromeHabineza-j1p Says:
Hakwiriye kujyaho urwego rwigenga rureberera abagabo kuko turi kurengana😲 nigute umugore agutumira iwe mukanywa inzoga ibyo mwumvikana bitagenda. Uko abishaka ATI tujye kuri police bagufunge wampohoteye🤔 si numukobwa numugore ntanimirwano yabayemo🙄
@RORUNYURWEDidacienne Says:
SADDIBOO akorera menshi wasanga yarabuze ayo amuhonga si non uriya ntabwo ari umuntu waregera ko uwo basangiye yamuviyoye.
@seigneursoitloue3065 Says:
Désintoxication.ndagukosore Théo
@MushimiyimanaBarajiginwa Says:
bivuzeko ubwo bamusanzemo ibiyobyabwenge. ntabwo yemerewe gukora gukoreshwa ibiganiro nabanyamakuru?
@umumararungunizeyimana5560 Says:
Amusabiki? Amwisabira arimumihango uyu mugabo ra?
@stevenadams1366 Says:
Theo ,imisoro myinshi ya kwa company za batting haba harimo ashorwa muri rehabilitation centers ni regulations zigenga ibyo bigo by inikino y amahirwe
@imananiyonkuru4481 Says:
Umukaraza Arekurwe rwose Yararenganye
@imananiyonkuru4481 Says:
Nukuri Arekurwe pe
@jacquesmaniraruta1890 Says:
Theo komera cyane kbs kd ukomeze uhirwe mubyo ukora turakwemera
@chema5961 Says:
rwose shadia yarwaye kere n'uko yaterenywe uburwayi bwe bumaze iminsi
@Birahoh Says:
Umunsi mwunva avuga ati bangize kandi ndi mumih.... byari urucabana ko atari tayari.
@Rumaragishyika123 Says:
Icyakora ubisobanuye neza pe🎉
@rukundolukatony5064 Says:
Pirato yavuze ko Ari nko muri hotel
@bahatiinnocent7626 Says:
motion ibiyobyabwenge ni pretext kuba utazi icyo azura nta makuru ufite
@HakizimanaPhilippe-b6e Says:
Theo ahaho ntiduhuza pe washyizemo amarangamutima kuko ukobyakorwakose uyumuso afirte uruhare mubyabaye niyo yaba shadib yaba ashidikanywaho
@IradukundaSavi Says:
Ohhh !! Bon DIEU Tu es Vraiment ETERNEL IMMORTEL INCRUSSIFIABLE IRRESISTIBLE INVINCIBLE MAJESTUEUX MISERCORDIEUX Infinement Tres SAINT UNIQUE Hors localisation materiele et temporaire notre Createur Tu Ne Change Jamais 🌹En verite DIEU Ne change Jamais mais Jesus a change de la vie a la mort Gloire et Louange a DIEU Qui nous a envoye Jesus et d'autres Prophetes pour la Guidance Salutaire 🌻DIEU dans le ventre de Marie? pendant 9 mois? pourquoi y faire?c,est l'utopie ! la terre et le ciel sous quel control ? NON Il est ETERENEL IMMORTEL Infiniment tres SAINT UNIQUE Hors localisation materiele et temporaire notre Createur Ne Change Jamais 🌲Le plus pire malheur c'est de perdre l'espoire pour le pardon et la misercorde de DIEU pourtant Il nous Aime tous beaucoup,🌷k
@CrescenceNYIRAHABIMANA Says:
theo uraho neza ndagukunda
@abidaltan4647 Says:
Ibigoryi gusa RIB se ivana he ububasha bwo gutwara umuntu mukuru muri rehab????
@OliverNiyonzima-j3e Says:
Welcome back to 📷 camera my best friend Theo ndagusuhuje cyane ndashaka kuguha ka nkunganire Mukiganiro cyawe iyi Principe du Droit de procedure penal iravuga Ngo le doute profite au prevenu (bivuze ngo ugushyidikanya uko ariko kose kugirira inyungu ukekwaho icyaha) Ngayo nguko ndakwemera cyane🎉❤
@PascalNgabonzinza Says:
Way SHADYBOO In RIHAB but not YAMPANO ?
@PascalNgabonzinza Says:
J,espère que le jeune homme va être directement libéré...Car les accusations d une droguée ne devraient pas être prises au sérieux...
@kalisainnocent3 Says:
Uyumunsi watinze kuduha ikiganiro nari nagize ubwoba ko za njiji zakwirengeje...nyagasani murikumwe
@GiggaWhu Says:
Case yawe sinayitayeho kuko ibintu birimo ubutabera, ubugambanyi na Leta mbigendera Kure kuko nibyo nahisemo ariko sinatuma ubeshyera igihugu cyange! Kuri 21:39 urabeshye ngo Rehabilitation Centers mu bihugu bimwe ntabwo zemewe?!! Ushaka kugaragaza ko leta yacu kujyana abana kuvurwa ari ikosa! Kumbe urashaka kugaragaza nabi leta ubeshya??Mbonye ko ufite ibindi urimo!! Ariko sintagenda ntakubwiye ko ku isi yose ibihugu bitemera byangaga drugs rehabilitation centers ari 3 gusa Malaysia Saudi Arabia na Singapore Ariko nabyo byarazizanye. Jya google wandike Saudi Arabia drugs rehabilitation cg Singapore cg Malaysia urebe nkaza Solace rehab za Malaysia urebe Masar ya Saudi Arabia igendera ku itegeko rya sharia!! Ibaze ko na koreya ya ruguru igira rehab? Na china ifite igihano cy’urupfu kubakoresha drugs igira rehabilitation centers!! narinziko uri an intellectual ariko nabanje gukemanga aho nasanze nta international language nimwe uvuga fluently nti ibyo ntakibazo..none nsanze uri muri ba bantu babeshya ku karubanda bavuga ibintu batazi!! uziko rehabilitation centers ngo zitemewe mu bihugu bimwe!!! ndi sure 100% nanone si nabona umuntu ubeshya rubanda ngo ncecekeSinjya nkunda kureba I biganiro bya p!! Ubwose warugamije iki???😮😮😮
@wolfgang74 Says:
Na mutuelle irahakora iyo ufite transfer
@keza3469 Says:
Yampano we arazira iki? Kukiwe batamujyana muribyo notaris🤷🏽‍♀️
@innocentnezehose8232 Says:
Rehab zo muri Canada ntabwo zishyuza abarwayi Theo we !!! Health care hano iri accessible kuri buri wese. Ahubwo ubwo yaba yaranze urusaku rw’abanyarwanda ba hano kuko umuntu uri muri rehab hano bamufata ukundi.
@gikeritheoneste2370 Says:
Bazajyane yo na Claude Sebiradiyo
@SongaDam-td4en Says:
Miss Div.Muheto should be taken to Rehab.
@MunezeroAlice-rr5mx Says:
Nanjye nari nagize ubwoba peeee mana weeeeee
@Kaduempire Says:
Ese Kuki Yampano we batamuhaye Aya mahirwe koko😢
@turibamweali8661 Says:
Barakoze iyo batamujyana aho bamujyanye nizindi nzererezi zabakecuru zazajya zikoma induru zahaze urumogi nibindi biyobyabwenge nuko abasore bagashirira muri gereza nukuri bakoze neza cyane leta yakoze igikorwa cyukuri pe kuri uyu munsi
@turibamweali8661 Says:
Theo Imana ikomeze ikurinde ukomeze kutwihera amakuru atariho ivumbi
@rukundorwiza5223 Says:
Shadiboo numuhutukazi nibyo azira ntakindi
@turibamweali8661 Says:
Noneho leta yu Rwanda ikoze akazi kose kandi gakomeye rwose aha ndemeranywa nicyo cyemezo kuko imvugo uyu mukecuru yavugaga ngo yafashwe ngo ku ngufu mubyukuri uyu mugore numusinzi utari uwinzoga gusa ahubwo yarangiritse cyane mu mutwe zamurenganye ijana rwose ijwi rye ryumvikanaga nkiryumuntu warangiye rwose
@nturambirweeugene6485 Says:
Ese waragarutse,tubwire utumare amatsiko,niba waragarutse Imana inshinwe
@mukamurenziviolette6568 Says:
Kiri mumurenge wa ngoma wange kdi bazamufasha
@mukampabukaolive2114 Says:
Gusa drug abuse iri ku rundi rwego.inzoga zabaye nzobya especially social media. Ikindi ba slay bo bakoresha ibiri hejuru
@BeatriceUwamariya-lj8qh Says:
Rero shaddy yari yarabuze umuntu umufasha rwose bakoze kumujyana kuko yagaragaje ibimenyetso ko akeneye Therapy kuva mumyaka nkibiri itambutse behaviour yarafite mumivugire uko yagaragaraga,cyane kubabashije kubona ibiganiro yigeze gukoreshwa wabonaga atari normal pe nagende avurwe yitabweho yarabikeneye
@innocentnezehose8232 Says:
Banapime wamuhungu noneho nibasanga nawe akoresha ibiyobyabwenge bahite bamurekura kuko bose baba bafite ikibazo kimwe Kandi nawe aho gufungwa yoherezwe muri Rehab !!! Ariko umuhungu nibasanga atabikoresha bivuzeko yaba yarafatiranye shaddyboo( odeur ya ocean) mu ntege nke bityo agomba kubihanirwa sexual harassment on vulnerable people not acceptable.
@pboentertainmenttv Says:
Ububata bwa Betting, ubwo kwikinisha, ubusinzi, itabi, ibiyobyabwenge, uburaya, ubujura etc...byose byahavurirwa ikibazo ni cost wishyura.
@pboentertainmenttv Says:
Nizere ko Umukaraza bamaze kumurekura End.
@saadisadie3125 Says:
Ariko na yampano bamukure mageragere bamujyane rihabu
@ngango_olivier.3 Says:
Tayali Umukaraza natahe..
@YAMFASHIJERAMADHAN1 Says:
Naringukumbuye cyane nange ejoniriwe nibaza impamvu utaduha ibiganiro ariko ndakubonye ,hanyuma kwiyo paint ya shadboo nibibazo ,basanze anywa urumogi arikobirababajeko baramufunze Kandi iyobapimye umuntubakamusangamo ibiyobyabwengeko afungwa we kukibatamufunze?
@theebaddy8617 Says:
Murahubuka mana! RIB yavuzeko Shaddyboo yagiye muri Rehab kubushake bwe! Ikindi kandi ibiyobya bwenge ntago ari urumogi gusa ninzoga bacuruza nibyo kandi nta muntu ugumba gufatwa kungufu niyo yaba yasinze

More Abantu Videos