Nsobanurira ni gute ugereranya igihugu gikenye kw’isi nubuzima bw’ i Burayi, beshya izo njiji ziri mu Rwanda
@Kabea-o3m Says:
Yarigukomeza bitewe na Sabin.🙆♂️
@RobertBelarminMUVARA Says:
Abantu bo mu Rwanda turiyemera niyo mpamvu usanga tutagera kuri byinshi
@London_F_M Says:
Jupiler ni nka Primus rwose uvuze neza. Si iy'aba clochard gusa bayikunda kubi haha
@ChantalRugina Says:
Ayinyaaa,twe tuzi icyo uburayi hatumariye,kandi nawe atashye ariuko hari icyo ahakuye,rero Europe n'a Amerika byubahwe.
@nzingacomedy Says:
Wow turabakunda cyne kbx abakunda isimbi tv mwankandiye kugafoto ko mbakundax so much
@LilianebamporikiRwanda Says:
Uyu ntazasaza pe noneho bigahura nikirere cyiza cyi Rwanda
@kekeuuu4757 Says:
Izi apartment ziri ahaganahe tuge tumuteza imbere
@MrRwandanziza Says:
Ni umuhungu wa Thadée Bagaragaza?
@icakamedia Says:
Mumpe like abakunda sabin
@NyiransabimanaPatricie-x5n Says:
Maurice Agira umutima mwiza ni umupapa wintanga rugero caurage Boss wajyee
@Ijamboryubugingo Says:
Urwanda❤❤❤❤
@NyambangukaNyabahizi Says:
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@IradukundaSavi Says:
' Yes ! GOD Never Changes Never Dies but Jesus changed from life to death Glory to GOD Who Sent Jesus and others Prophets for Salvation Guidence 🌹DIEU Ne Change Jamais Ne meurt Jamais mais Jesus a change de la vie a la mort Gloire et Louanges a DIEU Qui nous a envoye Jesus et d'autres Prophetes pour la Guidance Salutaire '🌴@
@Rwibukabahizi Says:
Bravooo Maurice.
Ujye utanga ibindi biganiro nk’ibi byo kubera aba jeunes urugero. Cyane cyane abo twita Abadiaspora bamenye ko mu Rwanda hari ubuzima n’amahirwe afatika.
Ikindi nkunze nuko bigaragara ko imyaka myinshi i Burayi itigeze igutesha Ubunyarwanda! Birashimishije.
Ariko murangije Sabin yibagiwe kutubwira adresse ya apartments Hotel yawe ngo tujye tugusukumira abakiriya.
Ego vraima ni umugabo wisuku peeee,asa neza caaaane
@1969maria Says:
Le ridicule ne tue pas
@leux436 Says:
Ariko njye iyo musebya za Europe na America.muziko n'izi youtube zibatunzwe musagurirwa nabo!!?aya frw luhembwa na na 1/100 gov y'u Rwanda itanga nka contribution.umutindi umuvura ijisho yarangiza akarigukanurira.
@ndayizeyeconsolatte Says:
Yewe nsikubesha uyo mu papa avugishije ukuri African hararyoshe ariko hari amahoro atakwicana
@kalisa197 Says:
Sha mureke propaganda... uragereranya kgl na bxl cg paris? Mubanze mushake amazi n amashanyarazi kuri bose ubundi mureke kwishongora gusa...! Rwanda rwacu ndagukunda ariko aba bantu bayobya abana simbakunda. Turacyakeneye gukora tugatera imbere kurusha kwigereranya nabadusize imyaka 100😅😅
Nihitiraga na comment murayinyonga ndabizi
@dorineMukundwa820 Says:
Sécurité,ubuvuzi and quality of products baracyari number one ntiwanabagereranya .
@Nzitunga21 Says:
Umwana we kuba yiga iburayi ibindi avuga birumvikana
@El-Captaino Says:
I burayi nta muntu ufite uko ameze ujyayo😂 hajyayo abantu bashakashaka ubuzima! Ariko ufite ayawe wigumira mu Rwanda biba ari paradizo! I burayi ni mu mihangayiko! Inaha habonetse akazi nkakari iburayi ntanuwarota kujyayo
@dorineMukundwa820 Says:
I like the way Sabin takes himself according to the people he is interviewing .Ur’umunyamakuru nyawe👌🏾I also liked your outfit today sur mesure te va très bien.
Wamugabo utera Pompage Maurice welcome once again ku isimbi tv feel at home ❤❤❤
@GucamuZiko Says:
il faut être réaliste
wowe wabanje i Burayi ukurayo igishoro
i Burayi si habi, kujyayo ukavanayo igishoro si bibi, nawe ngirango nibyo byakubayeho
n aho je suis d'accord avec toi : uwaba mu Rwanda afite niveau de vie nk iyawe, ni sawa
ntukiri muri métro, dodo, boulot.
ikindi c'est sûr que ufite nationalité y i Burayi, igihe cyose ujyayo
@MarieJoseeNiyonzima Says:
Ndagukurikira cyane ! Nsuhuriza uwo mumama Maman Fiston uti ni umudamu mwabanaga muri Zimbabwe ubu njye ndi muri America
YOUTUBE COMMENTS