Impinduka burigihe zigorana kumvwapeee,mwibukeko nambere mituel ikiri 3000 frw hari abanganga kuyatanga rero twumveko kwishyura mituel aritwe bifitiye inyungu kuko na service bayiduhera zariyongereye cyane.
@judithbabyeyi9735 Says:
Nibapange amanama y'ubukangurambaga kdi bumve umuturage! Ese ubundi aba bayobozi batwaza igitugu batazi kwigisha bigiye he kuyobora? Cg babayora mu muhanda?
Umuntu wese ushyizweho iterabwoba ikimuzamo ni ukwirwanaho nibyo umubwiye bita agaciro
@alphonsineuwamahoro2748 Says:
Umuntu wese ufite umutima ye guca intege mutuel ,mutuel ikora ibirenze bizi abo yishyuriye ama operations ya ma miliyoni,examens za scaneurs na za MRI zihenda cyane hafi ibihumbi 300 ,za Hemodialyse byo kuyungurura amaraso, nabari muri America bababwire ukuntu kwivuza bihenda ku isi yose, ni intambwe u Rwanda rwateye kugira mutuel🙏🙏
Amafaranga anozwe hakurikijwe ubushobozi bw' imiryango ,gusa hari abarira banayafite b' abakire ahubwo bari kuryamira rubanda rugufi,kuko n' umukire ufite indwara ikaze yari asigaye afata Mutuel,ntacyo bitwaye ariko yishyure ajyanye n' icyiciro cye ,turebe ko mutuel ikomeza gukora🙏🙏
@hambasulaiman Says:
Ariko sinzi niba mutabonako turi kuyobozwa inkoni yicyuma nta muntu numwe ucyishimiye reta
@BiggerData Says:
Arega Gitifu mwimurenganya 😭 ari kurwana kubana be. None yasobanura ko atishyiza gute 💔💔???
Ese Theo wemera mutuelle Ari ingenzi? Akamaro kayo c urakazi? Simpakanye ko leta idakora amakosa mukugena amafranga yishyurwa KURI buri muryango but Hari nabaturage Bafite imyumvire iri hasi kuburyo bumvako kwishyura mutuelle Ari ukubabangamira, Ahuhwo leta ikwiye kongera ubukangurambaga
@ngabofaustin412 Says:
❤
@NdagijeMariaCollett Says:
Number one
@JazzyMantv Says:
Inzuki mutereho like ku musaza😂😂😂🎉🎉🎉🐝🐝🐝🐝🐝💪💪💪🙏🙏🙏🙏 from Bosco empire ❤❤❤❤,tumutere courage 😂😂🎉🎉🎉
YOUTUBE COMMENTS