Theo salaam. Ntago ndi against your ideas pe. Gusa umubare w’inganda simbona ko ari ikibazo ahubwo ikibazo ni management y’iyo gahunda yinganda.
Ziriya nzoga zikorea na companies. Hakurikiranwa companies ntihakurikiranwa ba nyirazo kuko company iba ifite ubuzima gatozi. Udushakire hubwo icyo itegeko riteganyiriza nyiri company kuko ibyo warubwiye ni nkaho ari umuntu waba yahaye undi uburozi. Dukeneye ko udushakire icyo itegeko rikorera company nicyo rikorera abanyamigabane cg abayobozi ba company😂. Sibyo? Dusobanurire.
Arko waba waramenyeko hari za kiwingu ku isoko,
gucuruzwa iwacu kdi TZ zita hacuruzwa😮
@Yambabariyecome Says:
Theo aha ho warengereye!!
Leta ntamugambi yarifite wo kuroga abantu.kuko Leta niyo yabihagaritse.si abaturage babihagaratse.
Gusa ikigaragara habayehoko ibyo abashoramari bari biyemeje gukora ataribyo bakoze.cga se habayemo ubugenzuzi bwakozwe n'abatabizi
@angeugiraneza5796 Says:
Theo uravumbura pe kdi ukanaliza neza ariko ibyo bintu wamamaza na byo bimeze nkibzo nzoga kuko uri umunyamakuru mwiza ntukamamze ibi bintu nabyo byica byiinshi
YOUTUBE COMMENTS