Wakoze kwambara ishapure , ni ingenzi kndi kuyivuga bikaba akarusho.
@turikunkikozachee8243 Says:
Kuri case ya business ya pharmacy hari amabwiriza bisaba kubahiriza kandi mubyavuzwe byose ntabirimo .
1.Ntabwo umuntu yemerewe kubyuka ngo afunge pharmacy atabimenyesheje urwego rwamuhaye license(RFDA).
@Udushyaiwacu Says:
I remera kuri gare hari pharmacy yakoraga neza ariko Raymond Murenzi yarayigambaniye RFDA barayifunga ahita ahashyira Iye yitwa TETA
MAFIA MBI Izapfa nabi
@Mafia1984Ayirwanda-ge4ty Says:
Ntugace urubanza ugendeye kuruhande rumwe
@alineumurisa8879 Says:
🎉🎉❤🎉🎉🎉❤🎉❤
@UmurazaEmmerance-qg4xs Says:
Nta service caretaker yurwanda nazimwe mbona zikora neza pe ahantu hose kwamugangaho nibindibindi
@Animalsdailylife01 Says:
Reka nkore unsubucribe kuri iyinyanga Rwanda y'injiji yigize ivuzivuzi
@sylvainshema5834 Says:
FDA muri pharmacy byo byihorere wamuntu weeee
@NdagijeMariaCollett Says:
Bareke baraje bavugutirwe umuti,munzego zose birahari service zose, akarengane ni kose
@NdagijeMariaCollett Says:
Courage 💪🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤❤
@GadyNiyikunda Says:
Umva nukuri njyewe nabuze nubwa kwiyica koku Bank iri konjyaho buri kanya na RRA banze no kuduhagarikira ikomeje kudusoresha kdi baziko tutari gukora imana izaduhorere mubyukuri batwishe duhagaze 🇷🇼
Theo kora akazi kawe nge chadrack ndiyumvije uvuga ndumirwa pe,bidode ukubyumva kuko nawe ugomba kubaho.
@yashva-Sp Says:
Inyubako yari yanditse kuri Branch ya Pharmacie ya Muyoboke, kurangira kwa License ntibivuze gufunga Business, gufunga Business bisaba kubimenyesha abatanga uburenganzira bwo gufungura.
Ayo yaba ariyo makosa yakoze.
@fofo-u8n Says:
Ibya FDA byo.bireke mu bijyanye nanphcy
@revmug9845 Says:
Halimo ubufatanyakosa. Kuki wumva ko FDA yakoze ikosa? Ubundi haragomba komisiyo y impugucye yo kwiga iby amakosa yabaye mu bintu technique n amategeko. Ntabwo wowe munyamakuru na polisi mubifitiye ubuhanga bwo kugenza ibyaha bili muli izi nzira.
@hungaudapfaProgramme-v8x Says:
Bwana Théo wazakoze icyegeranyo ku bantu bahombejwe na BANKI RAMBERI ko amakuru ahari ariko na MURANGIRA ariwo mwuga Akora
@UwimanaEnock-gy3ee Says:
Ibyo murwanda ni agahomamuñwa
@udeempiretv Says:
🎉🎉❤🎉❤🎉❤❤🎉🎉❤🎉❤🎉❤🎉❤🎉❤🎉❤🎉❤🎉❤
@mariegracemukahirwa4118 Says:
Wabona yarabatije ibyangombwa
@ngirishutijeandamour1336 Says:
IPatate niryande bro
@MuhawenimanaJeannette-p7x Says:
Baratunaniza
@claraakaliza8717 Says:
Abafunzwe imyaga 5 bazira gusoma igitabo se bakaba bataranaburana bo n'imiryango yabo ntabo uzi? Bo s'akarengane? Kubera iki ariko upima ikirere wasubiye i Rwanda bikagira inzira? Abasenyerwa ntibahabwe ingurane se bo s'abanyarwanda? Niko Madam Ingabire yakoze iki, arazira iki?
@ErnesteNzacahinyeretse-r3y Says:
Ark nanone Afise ikosa niba yarasizeho ibiguze ibirango vya pharmacy Yiwe! Ark urumva ko Rwanda FDA nabo nakoze bagendeye kumarangamutima bagombaga gufunga Aho nasanze haribitagenda Neza au hatari ibisabwa
@PhilimonMitoni-o3e Says:
Ariko kiriya nigihugu ko arigihuru
@PhilimonMitoni-o3e Says:
Ayo marira nibwo ukiyanona?
@UwinezaMarieclaire-o2c Says:
Theo ubu ntakiganiro cyawe kicika uvuga ukuri bro courage
@COVID19-q6y Says:
None se abakozi ba FDA bo ni abasazi ntabwenge bagira? Hari igihe uko umuntu abaisobanura aba atariko bimeze , kuko haba hari ikibazo cyatumye bamufungira kukoooooo akenshi tuvuga Ibiri kuruhande rwacu ntidusobanure amakosa natwe twakoze
Theo sh ucunge hari igihe wasanga Ari theatre ejobundi ntuzamenya uburyo urubanza rwarangiye
Kdi Ikindi guufata bariya bayobozi bari bafite pressure kuko abacuruzi bari batangiye kwatak leta kuko amakosa ni ayabo
@KubwimanaJulienne Says:
Arko narumiwe ibyahano nagahoma munwa ubu Koko nibi tzahoramwo
@michaelbyishimo3867 Says:
Ko nziko Muyoboke akomeye raaa kereka niba uvuga uwo ntazi aliko Muyoboke arakomeye pe aba munzego zikomeye zi iki gihugu
YOUTUBE COMMENTS