OPERATION YO KUMENA INZOGA NYINSHI ZA NYIRANGARAMA YAKUYE BENSHI UMUTIMA?BURYA TWABESHYWE BYINSHI
OPERATION YO KUMENA INZOGA NYINSHI ZA NYIRANGARAMA YAKUYE BENSHI UMUTIMA?BURYA TWABESHYWE BYINSHI
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@qulineeeeeeeeeeeeeeeee Says:
Ako kantu karankomye: (kwiga pharmacie = kwiga gukora imiti) ! Ariko ubu kwiga pharmacie= kwiga gucuruza imiti.!!!
@NKURUNZIZAAlphonse-x3g Says:
Utu turusho uziko hari umucuti uba USA 🇺🇸 mperuka kutumwoherereza kdi yarashimye pe.
@NdahimaPatrick Says:
Ayo namarangamutima kuko abozica nturimo
@AB-tt2xz Says:
Ariko rero abayobozi bo mu Rwanda ni inkunguzi🙈 Reba uburyo bari kumena inzoga bakagira ngo ni ishema! Banyarwanda mwahindutse impehe ntimwabimenya!
@nshamihigosafariange6587 Says:
Batwereke inyo na Microbes zirimo yewe na virus ,ibi ni ibizatera amakimbirane mu banyarwanda ni nk'umuntu wapfushije umwana ku musozi adakomeye mu mutwe wifuza ko n'abandi bana bapfa.Amategeko mpuzamahanga agomba gukurikizwa cg hakaba haboneka udupimo dupima inzoga umuntu wese yakwifashisha ,ubutaha tuzapima amagi ,imyumbati,ibijumba n'ibishyimbo.Ubu c Nyirabayazana Ninde ? mumpe like ababyumva kimwe nanjye ?
@lbm3234 Says:
Nonese Theo, ethanol se niyo yonyine ihumanya? Niba barahagurukiye ubuziranenge, ubwo barebye n'ibindi bitabyujuje.
@xanthamutoni5854 Says:
Oya Théo, kosora kuko ahubwo nta muntu utarize pharmacie wemerewe kuyikoramo, kuko asobanurira abarwayi iby umuti bandikiwe, ndetse hari n' imiti isaba préparation, uwo niwe wenyine wemerewe kuyitegura.
@RamsyFaduwek Says:
Amagambo yubwengerwose
@Kabea-o3m Says:
Turimuminsiyanyuma.
@mathieutuyisabe9099 Says:
Leta ni muyireke bazatbwira niba ubukungu bugeze 11%
@AngeUwingeneye-m4y Says:
🥱🥱🥱🥱🥱🥱🥱karabaye
@MukantwariClaudine-k6b Says:
Kabaye
@fannynatasha5679 Says:
Theo ur'umuhanga pe wowe na president wa repuburika ni mwe mutinyuka kubwiza ukuri abayobozi abantu benshi biga amashuli yabo kugirango bakorere leta ntabwo biga kugirango bavumbure ibyafasha abanyarwanda byibura abo ba farmacien ngo ba kore ibinini bazakugire intumwa ya rubanda
@abalikumwejeandedieu6094 Says:
Ariko wajya uvuga ibyo uzi koko? Nigute wacuruza imiti utazi iby'aribyo kandi ugomba kubwira umurwayi uko ayifata???!
@cafw-f7k Says:
Rega ijyihugu cyarabananiye peeee😢 dutejyereje umucunguzi
@fofo-u8n Says:
Theo nndakwemera rwose.ubundi gute umuntu asohoka muri kaminuza yiyumvam kujya gucuruza Bazabaye nka nyiri experience ko we akora alcool agakora za pommade.bize gucuruza??
@MUKAMANAMarieJeanne-v8z Says:
Theo, morning bnabobabivuze mukinyarwanda cyumvikana ko arukwangiza
@MayaDayofficial Says:
Théo bifite Aho bihuriye n'ireme ry'uburezi pe.
@MayaDayofficial Says:
Ko bikomeje kugorana Théo🤔🤔🤔🤔🤔 Byaba bibabaje zibaye zimenwa harebeshejwe ijisho gusa🤔🤔🤔🤔 Nasuye RFDA ndeba ukuntu ama produits chimiques apimwamo, byakabaye Ari bwo buryo bicamo, technicians akaba Ari bo basobanura ibintu. Nk'uko mu nkiko usanga hazanwa Doctor akaba Ari we usobanura ibijyanye n'ubuganga kuko abanyamategeko batabifiteho amakuru ahagije, ni ko twakabaye tubona aba chimistes Ari bo bari gusobanura ibi bintu, Wenda uwo muyobozi akavuga iby'umwanda ahakorerwa, cg mu bikoresho zibikwamo
@murwanashyakaeugene1103 Says:
Bazatubwirire abantu bo muri WASAC bagabanye imiti bashyira mu mazi. Nubwo aho dutuye tuyaheruka mu kwezi kwa Kane ariko naho ari ubu turayagura twayakoresha tukumvamo imiti yumvikana no mu byo twayatekesheje byaba ibiribwa cg ibinyobwa. Bajye bashyiramo ibipimo bikwiye. Mugire amahoro.
@MushimiyimanaHosiane-j2f Says:
Imana yateye ikoresheje intwaro yitwa ubuziranenge ubu n'abantu batujuje ubuziranenge baraza kugaragara. Yewe Rda rwihakanira Imana murihamame ngiyo yabateye Ninde uri bubatabare ko iteye inyuze mubuziranenge nahandi ije kuhaca amarembo y'abakomeye naborohej izahanyeganyeza
@francoiseuwa7791 Says:
Yegoko weeeee ibyo dufata byose birahumanye ese ko urutiki rwarwaye kirabiranya ibitoki abikurahehe
@ElieDusengeHirwa Says:
Nawe ndabona utarize, ibyo uvuga nta fact bifite, uwize pharmacy kuki atayicuruza. Ahubwo se iyo muganga akwandikiye imiti umu pharmacist ntabwo ariwe ukubwira uko uyifata agendeye kuri dose muganga yanditse. harya umucuruzi wize ubucuruzi we yashobora gusobanukirwa nibyo muganga yanditse. Harya ubwo wowe wize he? Bro Mujye mubanza musome, ushake nubanza kugusobanurira. Mureke gucuruza umunwa ugoramye.
@ElieDusengeHirwa Says:
Nawe ndabona utarize, ibyo uvuga nta fact bifite, uwize pharmacy kuki atayicuruza. Ahubwo se iyo muganga akwandikiye imiti umu pharmacist ntabwo ariwe ukubwira uko uyifata agendeye kuri dose muganga yanditse. harya umucuruzi wize ubucuruzi we yashobora gusobanukirwa nibyo muganga yanditse. Harya ubwo wowe wize he? Bro Mujye mubanza musome, ushake nubanza kugusobanurira. Mureke gucuruza umunwa ugoramye.
@KayisireValens-m7s Says:
Ntabwo bavuga ordinance medical ahubwo ni prescription medicale
@girukwishakaevelyne4470 Says:
Sha aka kayoga twakanweye kuva kera 😂.ra Ubwo buziranenge kobatabirebye kuva kera.zikarinda naho nzambuka Imbibe
@carinemanirambona2708 Says:
Izinkunguzi zirigukungurira nde nzabandora iyobigana…..
@GettyMuka Says:
Theo..kuri PARMACIEN uratubeshye cyanee pe..imiti ikorwa naba CHIMISTE..abize ibijyanye na chemicals..nibo bayiproduiza..hanyuma PHARMACIEN yunganira muganga wayanditse..rwose nibo bayicuruza kuko bagomba kureba ibyo Dr yanditse..bakareba niba iyo miti ntacyo yakwangiza kumurwayi bitewe naza allergies yagira..cy se indi miti yaba asanzwe akoresha..ibyo bita INTERACTION MEDICALE..wemere hano tugukosore kbs..😮
@bahatiinnocent7626 Says:
Ruriya rwagwa narurwanyije kuva kera. Abatu batari bake nange ndimo rwaduteraga guhitwamo bikabije.
@Amante-A Says:
Ibihugu by' i Burayi hari products byohereza muri Africa zitujuje ubuziranenge kdi iwabo hagasigara ibifite ubuziranenge. Muri Africa ho bohereza hanze products zujuje ubuziranenge maze Africa hagasigara ibidafite ubuziranenge cg bifite quality iri munsi y' ibyoherejwe hanze y' Africa. Urugero: ibiribwa biri genetically modified ntibyoherezwa hanze, nyamara abanyagihugu nibo babihabwa. Ngayo nguko. Ayo mayeri akorwa n' abanyenganda bamwe na bamwe nkiyamenya narumiwe pe.
@mdnas8815 Says:
Urimwo umuyobozi mwiza theo , abo ba Dr naba professor barushwe koko naba gorozi gukora imiti
@nshimiyimanacyprien4818 Says:
(BMI) Body mass index
@nshimiyimanacyprien4818 Says:
Ibifi binini bituma udufi duto dutakaza imirimo Bwana Theo. Mfite experience bitewe nibyambayeho mu kazi. Imana izaguhe kuramba undi mwaka rata
@NsanzimanaFabien-i3h Says:
Murwanda ntabyemewe bihaba
@lifebizflow Says:
ese FDA ikora muri police or or police ikora muri FDA ariko ubanza police Ari aba bordigard ba fda
@diogenemasumbuko8252 Says:
Na Mitzing iyaba yakorwaga na rubanda rugufi ejo twasanga barikuyohereza mu kivu.😢😢😢😢😢😢
@thinkbeyond-kbj Says:
Ngewe ni ubwambere mbonye ikiganiro cyawe, ariko uravuga ukuri ibintu byo kugenekereza wapi kk ntibibsho
@wiseinjungle Says:
Sha ibi harimo n? Ubukunguzi
@UzabakirihoJeanBosco-n7l Says:
Theo.uri ikigarasha cyuzuye pe!! Ese ni iki mwemera Koko??
@emperor-jayp0016 Says:
Babasanganye ethanol
@mr.eagleofficial-51 Says:
Imiti wayikorera hehe c muvandi?????
@AdrienGABIRWA Says:
Nyamara ubutaka ni babusinza ntibuzera hhhhh
@NdagijimanaEric-qw1yc Says:
Theo arko kwa Nyirangarama bari basigaye bafite amoko 2 y'uturusho.harakari kuri cannette kagura 3500,nakagura 500frw kaba mukavide.
@Rcd83-l3r Says:
Kuki badasura INYANGE?
@Rcd83-l3r Says:
Ahubwo ni gahunda yokubahombereza rimwe kuburyo nuwubahiriza ubuziranenge agomba Guhanwa.
@medjoky Says:
Ego Mana mba ndoga SINGAPORE ya Africa. Reba ubudasa Sha!!!!!
@MunyembabaziTelesphore Says:
Birababaje Theo uziko nubu nari mvuye kugura ka gasenda ko kuri nyirangarama leta nibyiteho udukure mu rujijo tumenye ibyemewe ni bitemewe❤❤

More Abantu Videos