Irinde generalization ntabwo karere kose gakopera ntabwo abayobozi bakemera gukora amakosa.Bityo kimwe ,bibiri se ariko akarere kose sinemeranywa nawe.Ntugakabye.Kuba baramuvuze ibyo birashiboka cyane
@angeugiraneza5796 Says:
Etat niyo ituma abantu bahorana pressure yo gutsindisha kubera imihigo nayo batekinika Sha ibi bintu byose bigira ingaruka Kuri rubanda rugufi tekinike ,ikimenyane na ruswa nibyo usanga biri muri education kdi ngo niyo moteur yiterambere baranguza ngo abarimu ntibigisha ntibazi icyonherereza bakayobya uburari gusa
@anselmenkurikiyumukiza126 Says:
Biravugwa ko ngo hari umwana wo muri Kirehe wanditse mubisubizo bye ngo downloaded by chartgbt
@uweratv-ge6ot Says:
Ahaaaaaa
@ZephanieNsengiyaremye-j6b4l Says:
Ababeshyera KIREHE babiterwa n ishyari kuko bo baba baratsinzwe .
Urugero:nk'ubu KIREHE ifite ingamba zigiye zitandukanye zifasha mukuzamura ireme ry'uburezi,n'imitsindire y'abanyeshuri muri rusange.
Niba mukomeza gushidikanya kumitsindire ngaho nihakorwe ubugenzuzi bwitondewe kuri izo ngamba navuze haraguru .
Murakoze cyanee
@samsungmobile589 Says:
Ntakintu gihamya ko bakopeye ahubwo , icyo na bonye kuri ikigihe mwishuri abana bigaibintu bikomeye, bagakora ama Test yo mwishuri akomeye cyane, na Examen z' ikigo ziba zikomeye , noneho mu Kizimini cya Reta bakabategurira tworoshe cyane , bigatuma abiga kubigo yigisha cyane buzuza kuko baba abonye utworoshye kurusha ibyo mwishuri bigamo. Niko jyewe nabibonye. Umwana wa Theo ahantu yigaga nawe iyo aba yarakoze yari kuza mubafite hejuru ya 90 kandi ise ntiyari kuvuga ibi.
@dianegatesire3586 Says:
Theo sitwe twatumye umwana wawe adakora ikizamini cya leta, witangira kudusebereza abana ngo barakopeye ubatesha agaciro.
@civilGenius25 Says:
Ni gute umwana wagize hejuru ya 85 atabona boarding
@bahatiinnocent7626 Says:
Ese ruriya rwagwa rwagwa rwa nyirangama ko nziko rwoherezwa mu uburayi, naho ntibarugenzura?
@bahatiinnocent7626 Says:
Ibintu by umwotsi narinziko byashize! None bigeze no muri primary muri 2025 ? Iki gihugu nigihuru kabisa. Ubuse umwana wakopejwe ari primary aza ba umukozi umeze ute!!!!
Igihugu cyacu gifite ibibazo by'ivangura rigaragara cyane!
Abana niba bakoreye kuri centre d'examens bavangavanze ntabwo ushobora gukurami abo kukigo runaka ngo ubarege gukopera . Ahubwo aba bana ni abahan👍
@TuyishimeAmina-n5w Says:
Najye mukizami iyonza kubona unkopeza twageze kuri site yikizami nsanga abandi bamaranye ibizami iminsi myinshi
@NzabahimanaEmmanuel-y3m Says:
Bugesera Espoir harya ntiyagiraga abana bambere mugihugu muri 5 nibura batatu bavaga muri Espoir de l'Avenir muzi uko byagenze ? Directeur waho Ecole International la Racine baramutwaye ndetse nabarimu bamwe barabajyana bihita bihinduka ubu la Racine niyo igira abanyeshuri bambere mugihugu bavuga ko uwo mu Directeur afite network muri Nesa kuburyo ngo ibizami abibona mbere bigitegurwa
@niyibiziemmygratien4484 Says:
Ibi byose biterwa na NESSA ihora yirukana abadirecteur ngo ntibatsindishije ,ikindi abarimu ngo bazabaha agahimbazamusyi bagendeye ku mitsindire Kandi burya icyo ukuraho umugati ndetse n amafaranga mwibukeko yatumye yuda agambanira yezu ibi bizakomeza mu gihe ibikangisho ku barimu n abayobozi b amashuri bigihari
@umuganotv-h3i Says:
Theo n'ibizamini bya kazi bamwe babiretse kubera babonye bavunikira ubusa akazi gafite banyirako mbere y'uko ibizamini bikorwa
@umuganotv-h3i Says:
10:38 Theo ibi birashoboka cyane kuko niba ikigo gikora technique y'ubukopezi ibyo bakorana kuri centre imwe ntibyabigenderamo., kuko hari ibigo by'inyangamugayo.
@IshyaJudy123 Says:
Iyo waketsweho gukopera ntabwo amanota asohoka.Uperereze abakopeye bose ntabwo amanota yasohotse.Kandi ni benshi Kirehe iri ku isonga.
None c ko arimo kuvuga inkuru ushongira kubyo wabwiwe bifite facts? Uko byagenda kose hari akarere kagomba kuba akambere. Ikibazo c nuko ari Kirehe? Hano uravuga amahomvu pe!
@MunyembabaziTelesphore Says:
❤❤❤
@RkcPhils Says:
❤, 💪💪💪💪💪💪💪💪💪💪🇷🇼
@husseinmaniragaba3570 Says:
Ibi ni amatiku no gushaka gutesha iby'iwacu agaciro. Ese theo uziko Nesa ifite inshingano zo gushyiraho ingamba zihamye
@havugimanajeanpierre9709 Says:
Ariko rero mwikabya pe.
@solangenyirangendahimana4283 Says:
Ariko umuntu wakopeye ntafatwe ubwo wamushinja ute ko yakopeye kandi utaramubonye? ikibazo cyaba mu bategura ibizami, n'abakora surveillance kuko bikorwa harimo n'inzego z'umutekano . Naho ibyo kugira amanota menshi byo abana baba bize kandi bakabyumva , niyo mpamvu bagira menshi kuruta uko byabagaho kera. niyo mpamvu mubona % yo hejuru hatsinda ama private schools kurusha public schools. So niba umwana yakoze ikizamini ntafatirwe mu cyuho akopera nahabwe amanota ahabwe n'aho kwiga , naho ibyo wowe theo uvuga byo kuba baretse gusohora amanota ngo babanze baperereze , njye numva abana badakwiye kudindizwa n'uburangare bw'abatarabashije kurinda ibizami.. Niba koko bihari ko bakopeye. NIKO MBYUMVA
@EmmanuelHabyarimana-y4d Says:
Ahubwo uyu mu minisitiri yitonde kuko nibyo hari ibyo ari guhindura byiza ariko hari n'ibibi cyane biri kugenda bifata indi ntera ,ubuse bibaye ari ukuri twaba tugana he ko uburezi ari inkingi mwikorezi ku gihugu?
@ColetteMurekatete-es3fk Says:
Buriya nta perereza rihari ahubwo hari cases za cheating.
@au.r1045 Says:
Uburasirazuba barakopera ndetse cyane
@ColetteMurekatete-es3fk Says:
Hari kubibwa corruption mu bana, buriya hazasarurwa iki koko?
@ColetteMurekatete-es3fk Says:
HhhhHari ibigo bikorana n'abana, bagahabwa phone na internet , hakaba abakosora ibibazo bakajya boherereza asbana ibisubizo, cyangwa barabigishije kwifaashisha AI . Aha ni S3 na S6.
@clemencekagwera7951 Says:
Ikiba kibabaje n' uko abadakopera batukwa ngo ntibatsindishije. Ibyo uvuga nibyo. Ariko muribuka ibizamini by'akazi bya directeurs byakozwe ubushize. 30 bavugaga ko barahanwa babaye ibitambo by'abandi. Kuko abantu bagera 200 bakuzuza mu kizamini?
Ntabwo nakwemera ko ibi Ari ukuri ariko bibaye aribyo ntaho igihugu cyacu cyaba kigana,turarwana ngo gitere imbere ariko noneho mu minsi Nike wazasanga dusumbwa na byabihugu twiririrwa tuvuga ko twabisize.rero turasaba HE atunge itoroshi muri izi ministery Abo bihama bahanishwe kwirukanwa Burundu.HE nadufashe kuko ndumva ntaho igihugu cyacu kigana peeee!!!!
@jboscombonyintege3477 Says:
Kirehe yigeze no kuba iyambere mumihigo kubwa mayor Murayire . Ni abahanga mugu technika yo na Nyamasheke yo kubwa Mayor Habyalimana. Nabo babaye abambere mumihigo batagira na station ya essence hhhhh
@nduwumukizatheogene Says:
99,..../100??🤔🤔
Ese Ubu kuva isi ibayeho Ubu urwanda nibwo rugize abana b'abahanga? Ibizamini biragwira Arik abana ubwo barize tuzababona bagarutse kutwereka ibyo bize
@Kingndatabaye1 Says:
Theo uraho
Nkurikira ibiganiro byawe urumuhanga pee ariko wumugome,nategereye ikiganiro wagiranye na past claude kimaze 4years uvuga kuri ap gitwaza,urema ibyaha nabobashwanye batigeze bamurega ngo byivangura nibindi ntazi.kiriya kiganiro wakoze chonyine cherekana ubugome bukurimo,nakiriya kiganiro wakoranye na fanny wumunyamulenge charatubabaje wicare ubizi
YOUTUBE COMMENTS