Ariko uyu Theo nawe nakasamutwe amara kutubwira amabi yo mu Rwanda akongera ati no muze mugure inzu nibibanza ?! Ese waba uri inde wakorera muribyo bibazo byose ukagira icyo ugeraho ?! Yewe u Rwanda nzajya numva ibyarwo mu makuru nkayo yose muvuga
@TUBISABIMANASAMUEL-kp8ru Says:
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@claudendayisaba590 Says:
Kumuntu uzi kureba neza no gutekereza abonako wowe Theo harikindi upfa na Kazungu kuko guhuza Gin na Gubwaneza n'ibintu bitandukanye pe kuko aba clients babyo baratandukanye kure ntaho Kazungu yahurira n'ubugambanyi k'umuntu badakora ibintu bimwe ntukatugire injiji nukuri. Hano buri umwe arimo kuzira ibye kuko hose habamo amanyanga nkuko namwe Abanyamakuru buri umwe agira Amanyanga ye
@Happylife-p7p Says:
Uwitwa Semwiza wi huye wakoraga izitwa indakamirwa se we yagiye hehe!umusaza wimfura watwaraga taxi kera
Yooooo ese Dr Rekeraho arafunzwe ntabwo nari mbizi !!!!!!!!
@rurangirwasuisinelomax1052 Says:
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@UweraClementine-c6w Says:
Papa REKERAHO UHORAHO amworohereze
@NkubaNkuba-d6p Says:
Njye nemera neza ibyo urimo kuko wabanje kubereke ko uri uwabo maze nabo bakwimaroramo so ibyabo byase urabizi jya ubitwibwirira
@Rallymodel Says:
Ariko wowe nakazungu sigusa peee.ntawushima inzoga yakoraga,ariko wowe nawe ubanza harimo akantu tu,nukumukorera ema episode yaburimhnsi. Yewe nta Nguvu nta Gubwaneza byose numwanda.
@YandereyeDamiyane Says:
Ukuri gucahehe?gute?
@goodness_77 Says:
Rekeraho ni igisambo wimushyigikira, ubutekamutwe yankoreye ku inkware Imana ntizamubabarira
@UbuzimaTV25 Says:
Dr rekeraho emanwel arambabaje arimubanu nakundaga inama ze zuburyoyigishaga uko watera imbere
@UzabakirihoJeanBosco-n7l Says:
Gubwaneza
Yateraga diabete irakanyagwa!!!
@NIBUBIIKUSTV2 Says:
Dr Rekeraho Emmanuel yaragambaniwe Kandi abamugambaniye nabo ntamahoro bazagira kuko kugira nabi ntacyo bimaze
@Udushyaiwacu Says:
Eden Business Group ya Rekeraho Emmanuel yambuwe S-MARK na Raymond Murenzi DG wa RSB kuko yamwimye amafaranga Kandi yabangamiraga Kazungu hariya ku ruyenzi.ubu ngubu Ari gukora uburoko😢
Ntibizabatangaze kazungu Irakiza atashye.
Uti kuki ?kuko Abanyarwanda batubonyemo
Ubugoryi kubanyuza kuri TV imbere ya RIB ni ugushimisha ibigoryi nkatwe ubundi tukishima ngo babahannye tukibagirwa vuba nk’inkoko 😂😂😂 MURANGIRA na benewabo b’abagogwe n’abanyamasisi batwizeho
@murenzitheogene507 Says:
Rekeraho numwarimu mwiza wa business.gusa rekeraho ni umukwe wa Sina Gerard buriya Bose bagiye kujya kukigoro no kwisuka.gusa sinzi icyaha bareze Gubwaneza muzakitubwire
@extrasolution794 Says:
Dr Rekeraho Imana imworohereze good Man,supportive man , role model of many youth.
@pboentertainmenttv Says:
Rekeraho Emmanuel wa Gubwaneza muri EDEN BUSINESS LTD ndamuzi ni mukwe wa Sina Gerard ndumva nawe ubizi. Umugambanyi azapfa nabi!!!
Ntabwo izi nzoga z'ibyuma zari kunyobwa iyo hatabamo kuzimonopoliza
YOUTUBE COMMENTS