iki kintu kimigabane yabanya muryango ba RSSB , ifata igashora mubucuruzi mwaza kibajije aba senatel koko?? niba yashoye ubwizigame bwabanya muryango mubucuruzi yagakwiriye kubaha inyungu rwose.
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
Yiba byashoboka ga buri kigo kijya kigira mo umugenza cyaha akajya avuga hakiri kare ibitangenda neza
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
BRARILIRWA YONYOBWA CYANE I HUYE ARIKO IMIIZI YAYO NI SEBEYA 😂
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
Ibyo bigo bihomba kubera ko hari abadakunda ya Rugamba Cyprien ati inda nini muyime amayira ..
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
Ibi binyibutsa abantu twabuze bari bafite ikiganza cyiza muri production na Management ,late A .Inyumba imana imutuze ageza.
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
Mu isesengura muri hejuru Cyane.
@TWAGIRAYEZUEUSTACHE Says:
Muganira neza pe !
@Nkezuwimye Says:
Ese nka RULIBA yavuye mu ntoki za Seburikoko gute?? Ni hatari kabisa
@MUNE-h3t Says:
😂😂
@NtawuhiganayoCelestin-u5b Says:
Ni bigo byakizaga ababikoramo gusa ntacyo byari bimariye abanyarwanda wenda hari hacyenewe ko biva mumaboko yabaikoramo
@Laforteresse250 Says:
11:22 kleptomania
@JamesBuziba Says:
Ahubwo ikindi Joseph, nubwo babiha private sector, ariko hari ikintu abakire bakwiye kubangurira, uretse gutunga izo cash; ubundi bafasha iki community? Urugero: bakabaye bubaka za library, amashuri yunganira leta cyane ahari adahagije, yewe ndetse tubonye nka park yubatswe na Sina cg Mugisha Fair byafasha abantu muri rusange.
@ericmu127 Says:
Nyirubwite se n’ umurage wa se?
@jeanmaheshi3237 Says:
Mujye mutesha agaciro ibya kera ariko Ruliba nirwo ruganda rwa mbere rwaje rutuganya des blocs en terre cuites kandi professionnel rwanatashywe na Perezida icyo gihe.
@jeanmaheshi3237 Says:
Ikibazo twakwibaza ni gute byahombye? nta kindi kibiri inyuma kijyanye nibihano?
@JCKM-1 Says:
Murakoze, Inyange kuhabona akazi ngo bisaba veting yo kwa Mwuka. Utaziranye na Mwuka ntiyahatunguka. Kuba dealer byo ni ibindi. Reka tizarebe ko bizahinduka.
@muhirwaobed3598 Says:
Munyibukije Ruben rwose 😂😂
@UkundiKuntu Says:
Dutandukanye kutishimira imicungire ya RSSB no kunenga ihererekanya ry'imigabane ryakozwe.
Bishobora kuba byubahirije amategeko rwose.
@viateursikubwabo7655 Says:
TURABEMERA NYAKUBAHWA JOSEPH HAKUZWUMUREMYI
@didaskayihura842 Says:
Bwana Joseph, buri sosiyete yandikwa muri RDB nka sosiyete y'ubucuruzi, igomba no kuba yandikishije umubare w'imigabane yayo, n'ikigereranyo cy'agaciro ka buri mugabane.
Hari itandukaniro ry'imigabane icururizwa ku isoko ry'imigabane (ku masosiyete yiyandikishije kuri iryo soko), n'imigabane muyandi masossiyete atariyandikisha kuko ntabwo ari itegeko ko buri sosiyete yose ihatirwa kwiyandikisha ku isoko ry'imigabane.
Ikindi, ibikorwa na RDB ni standard mpuzamahanga, hashingiwe kuri principles zisanzwe z'ibijyanye na Company Law.
@Mudaheranwa-r3q Says:
Inyange ntahivuye ntahigiye, ni nkumwana uva kwa nyina akanya kwa nyinawabo
@teganya-k8j Says:
Hari icyo mutavuga! Uzi impanvu APR BBC yabaye RSSB? Uzi impanvu CV iri kugurisha bikagurwa na RSSB? Kuki utavuga impanvu, mbere yo kuvuga ku gaciro k'ibyaguzwe?
@justinmugabo6385 Says:
Mère célibataire pas fille mère😢
@mbereyingaboisidore6640 Says:
Wahora n' iki 30% ya EJO HEZA batubwiye bazaduha banze kuyaduha
@semanajeanmarievianney9698 Says:
Cyokoza nemeye cyane uburyo muganira peee!!
@bahatiinnocent7626 Says:
Utandukanya ute Rssb nu ubuzima gute? Ntaho bivuye ntaho bigiye.
@RealKopite08 Says:
EAX itanga ibiryo mu mashuri ntabwo ariya CVL.
@Rutare96 Says:
Joseph wiyobya abanyarwanda. Ibintu byimigabane ya company birumvikana ko utabizi. Ujye utumira abasesenguzi babisobamukiwe.
Ese ubikurahe ko inyange ihomba? Ibyo nikinyoma cyambaye ubusa.
Mu gaciro ka business habamo na intangible assets.
Ni yo mpamvu RDB itabaza inyezabwishyu y'imigabane.
No ku isiko ry'imari n'imigabane agaciro k'umugabane ntikagenwa na auditor!
Inama y'ubutegetsi n'amarangamutima ya rubanda ni byo bigena agaciro k'imigabane.
Kandi imigabane ni cyo kigo!
@WorldThoughts-s2d Says:
Aho uratubeshye! Company yose yanditse muri RDB yandikwa imigabane yayo izwi ndetse n’imarishingiro. Habaho shares by limited liability (LTD) aho iba iri privately owned. Ikigo gishobora kugurisha imwe mu migabane yayo through an IPO, niho ikigo kijya ku isoko ry’imari. Ikigo kiba kibaye public , public liability company
@bahatiinnocent7626 Says:
Abajura babahanga bihobya kugirango bibe leta. Ba nyiri inyange nibo banyiri RSSB.
@alexishabiyaremye4932 Says:
Kuba imigabane ari "icyuka" ni yo miterere ya business.
Ni nk'uko igiciro cya serivise kidaterwa gusa n'ibikoresho byifashishijwe.
Twicare twige aho isi igeze.
@SchoolKabyiniro Says:
Rssb kandi yatwimye uburenganzira bwo guhabwa pension kuri 55 ngo irakennye ngo ubuzima bwarazamutse?
Gusa wabona rssb nayo yaguze atariyo😂😂😂. Iraze igire na za minagri, mineduc nibindi
@alexishabiyaremye4932 Says:
Please consider a public apology about your biased opinion regarding the transaction legitimacy.
@alexishabiyaremye4932 Says:
Capital market ni iya PLC (sosiyete ihamagarira rubanda kuyiguramo imigabane). Ubu hari yo ibigo 12 gusa mu Rwanda.
@alexishabiyaremye4932 Says:
Imigabane ya Ltd (sosiyete idahamagarira rubanda kuyiguramo imigabane) na yo irahererekanywa, kandi ntibinyura ku Isoko ry'imari n'imigabane.
Ntibyamamazwa, kandi nta kurenza abanyamigabane 100 mu buryo busanzwe.
@bazaramyainnocent5229 Says:
Nyuma yo kugura amasahane ya 1.5B yq hotel itazwi naho izubakwa ntihagire ubibazwa ndumva bagiye kujya baduha amata, juice namatafari kuri RAMA ...........
@kigemeprojectsagri-busines345 Says:
Thanks 🎉🎉🎉🎉🎉 monsieur Joseph
@Proudlyafrican2003 Says:
Yewe Rwanda we, ku isi nta kindi gihugu kiyoborwa nkicyi. Na Satani yarumiwe 😢
YOUTUBE COMMENTS