Ndabona hari uwitwa ‘Herdsman’ arebereye inyamaswa zivanze ariko shepherd nuwintama. Ubwo uwo niwe Pastor kuko turi intama. Ariko hari umushumba ashobora kuba atarinyiri inyamaswa ahubgo yishyurwa. Uwishyurwa nuwiragirira baratanye..
Ama title ni kibazo kinini mu Africa. Aha iburayi abaha uretse Catholic ama tittle afitwe nabirabura cyane za nigeria na ghana, na kongo bityo
@ndikumanapacifique5993 Says:
Ariko mwasenze ubundi mugasoma Biblia murarwana nama title ngo bigende bite 🤷🏻♀️
@yizerevalensyv2503 Says:
Biragusaba kubanza ukiga indimi waba uzi uko bita mayor w'umujyi iyo bamwandikira? Ubwo se ra wavuga no kuri title His Excellence byaba bivuga iki? None wabdikiye presida wavuga nho bwana Perezida?!?; icara wige uve mu bufundi wige indimi
@yizerevalensyv2503 Says:
Nyine uri engineer ntacyo wavuga kitari icyo uravuga gifundi pe
@yizerevalensyv2503 Says:
Mat 10:2 Now the names of the twelve apostles are these: first, Simon, who is called Peter, and Andrew his brother; James the son of Zebedee, and John his brother;
@yizerevalensyv2503 Says:
Ubumenyinbwawe bwinshi bukubwira ko insingano itagaragazwa n'izina mbega ubwenge hano hhhh ubwo ugakora ububwirizabutumwa utitwa umubwirizabutumwa ibyo ubisoma he muri bibiliya urumva ufite bumenyi kibwenge ki bwo kugira inama abakurusha amashuri n'ubushishozi ariko abantu bariyumva ye
1Ti 3:1 This is a faithful saying: If a man desires the position of a bishop, he desires a good work.
Amaco yinda ubu se fondement yibyo uvuze ni iyihe koko
@alinehamenyimana Says:
Yemwe benedata nta community ibura organigramme, uretse ko abantu bashobora kwitwa ayo mazina kandi batakijijwe ku muntu akijijwe ayo mazina nta co abahindura mu guca bugufi imbere y’Imana n’abantu, uwatanguye guha titre abantu ni Yesu kuko yafashe hagati mw’ishengero ryamukurikira atoranya abagabo 12 abita intumwa kandi ntikwari kubatera ubwishime ariko kwari kubatandukanya bivanye n amabango yarahabaye.
Ukuri k ubutumwa bwiza n ukubabwira abantu bakava mu vyaha bagakurikira Yesu. It is very 😢 to spend one hour talking about how people have decided to organize their churches instead of preaching gospel to them.
You have a spirit of critical thinking. Seek to be inspired by Holy Spirit you will have many things to tell God’s people as you are genius in details.
@MarcelNiyonkuru Says:
Turi mu bibazo bikomeye
@MarcelNiyonkuru Says:
Turi mu bibazo bikomeye
@andrewsunday8319 Says:
Imana iguhe umugisha mwenedata
@RukundoEduard-ve1og Says:
Wamaye data
@agnesmukarubayiza7118 Says:
AYALONI Imana ibagurire imbago.Amena.
@agnesmukarubayiza7118 Says:
Igihe ni iki rwose mubuvuge mushize amanga.Uwiteka akomeze kubashuigikira mu izina ryaYesu
@SibomanaFelix-n4j Says:
Babwire nubwo arinzu yabagome
@manzidamascus6290 Says:
Hoz 12:13
[13]Yakobo yahungiye mu gihugu cya Aramu, Isirayeli atendera umugore aba umushumba w'intama, kugira ngo abone uwo mugore.
And by a prophet the LORD brought Israel out of Egypt, and by a prophet was he preserved.
@TWAGIRAYEZUEmmanuel-fj1ui Says:
Mwaramutse! None se mwibwira ko Intumwa za Yesu ubu zigarutse aho turi zikadusura mu ivuganutumwa ntizakumirwa! Yemwe, yemwe abarimo kuganiriza abantu ubutumwa bwiza, mufite umurimo ukomeye. Mwebwe murimo kugorora ibintu ngo bimere uko byakagombye mwitegure no guterwa amabuye kuko abo bantu nta ho bahuriye na Yesu bavuga. Gusa wabagereranya n'abanditsi , abafarisayo n' abo Yesu yerekanye ko bashaka ko babita Rabbi.
Twarayobejwe turarindagira bwana Élise. Gusa izo mpuguro utanze zirakenewe.
@Johnpetermugarura Says:
Erega bavandimwe burya idini ni imwe kuva kera! Ntatandukaniro riri hagati y'abafarisayo n'abayobozi b'idini muri iki gihe. Uko Yesu yaje abanyedini akaba ari bo bafata iya mbere mukumwicisha ninako no mukugaruka kwe abanyedini bazafatanya n'ubutegetsi bwisi kumurwanya. Ibyah 19:11-21. Hahirwa uwo ibya yesu bitazagusha
@BurundiTablet6 Says:
Twarize twarigishijwe na Mpwemu yera. Usa nuwuhaye abwirizwa na Mpwemu yera cangwase ni ibyifuzo vyawe cangwase inshingano zawe. Bwiriza abantu kuyoborwa na Mpwemu yera
YOUTUBE COMMENTS