C est la grâce suiy nous faira vivre et non la loi
@masanga7175 Says:
Seule la foi nous fera vivre c ewtyla gray et non la loi personne ne peut pr venir a la perfection par la lol
@franceoliviergatabazi6387 Says:
Ni uko Wenda yabisobanuye agashyiramo ibye GITWAZA ariko abaroma 2:12-15 bavuga ko abantu Bose batakurikije amategeko baba bayazi cyangwa batayazi bazarimbuka ko ariko abakurikije ibyo amategeko abasaba batayazi byerekanye ko amategeko yanditse mu mitima yabo !
Ibi nibyo kuko IMANA ni umwuka Kandi n'abayisenga bayisengera mu kuri no mu mwuka (Yohana 4:22-24 ) Kandi Yesu ni we kuri (YOHANA 14:6) kuko rero IMANA Ari umwuka uwo mwuka wabigishije gukora ibikwiriye bakawemerera ni Yesu
Abantu birengagiza ko Yesu yahozeho mbere na cyera (YOHANA 1:1 ) bivuze ko bunvira ijwi ribabwiriza gukora ibyiza bunviye Yesu:umwuka wera : IMANA
Niyo mpanvu pawulo yandikiye Timoteyo ko hariho umuhuza umwe hagati y'abantu n'Imana nayo imwe ! (1Timoteyo 2:5 )
Rero ntagufata Yesu mu ishusho yarafite nk'umuntu Kandi nta muntu waba uwubu uwacyera n'uzaza uzagera mu ijuru atamujyanye (YOHANA 14:6) Kandi ntawe batahuye kuko ni IMANA yahozeho ariho Kandi azahoraho
Naho GITWAZA biriya ntabwo yabivuze ahubutse cyangwa ubuswa mu iyobikamana icyo yaragamije ni uguhakana kristo Kandi amwamamaza !!
Muri make ni nka cya gitabo UMUGENZI 2 Bashyira abantu Bose mu ijuru bashishikariza abantu kudakizwa ngo bazajye mu ijuru niba twese tuzajyayo nta mpanvu yo kwirushya
Abahinde basenga I igirwamana ntibazajya mu ijuru kuko uko byagenda kose banvise ijwi ribibabuza Kandi sineza ko abahinde Bose babisenga kuko IMANA ntirobanura ku butoni harimo abayunvira niyo baba batarahuye n'iyobokamana rya gikristo ariko kristo we barahuye kuko ni IMANA
Nawe uzemeze neza ko ari Imana yagutumye kuko uhinyura inyigisho z'abandi icyaba cyemeza ko mwuka ukurimo ariwe w'ukuri ni iki ? So jya wigisha ibyawe ureke kwibasira abandi.
YOUTUBE COMMENTS