Inda ntiterwa injiji gusa nanjye bayinteye ndi Muganga😌|Ibyo Dr Olive Ibyo yanyuzemo Ni isomo
Inda ntiterwa injiji gusa nanjye bayinteye ndi Muganga😌|Ibyo Dr Olive Ibyo yanyuzemo Ni isomo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ROSETVSHOW Says:
https://youtube.com/@learnwithdrolive?si=I2nxVNmUDiG4zRgM. Ushobora gukurikira ibindi biganiro byiza bye 👌👌
@deepfivetv Says:
Guterwa inda si ubujiji pe iyo ukunda umuntu uramwizera ahubwo isi yabaye mbi abasore ntibatinya guhemukira abakunzi babo kuko umuntu ugukunda byukuri akwangura bitarakuraburira
@Bru_Melody Says:
Aha harimo inama myinshi kd ningenzi ahubwo uduhe no ye tube twamuha abo yamfasha pe
@angemutesi-j4t Says:
Hi olive twariganye iminsi myishi
@uweraclaudine274 Says:
Nitwa Claudine,wazandangiye iduka uguriramo imyenda ❤wambaye neza pe!Undangire.Thanks.
@bizimanagilbert7646 Says:
😂 😂 😂 😂 😂
@MbarushimaIddi Says:
Twabanye ihuye ufite umwana numugabo rwose kwa kaka olive kd mwabyaranye nuwa2
@MbarushimaIddi Says:
Nonese mugangawe ubu ntawundi mwana urabyara kd udufashe udusubize
@UwizeyeJosette Says:
None se ko avuga ko ababyeyi batamuganirije,ko yari yaragize amahirwe yo kwiga science kuki atakoresheje condom mutwego reo kwirinda inda hamwe nindwara????niyemere ko yagize ubujiji nubwo yize.
@bemerikijacques8730 Says:
Dr rwose ntabwo usobanura neza kuburyo abakobwa bato bagira icyo bakuramo.
@helenemarierobert8557 Says:
Ibaze ngo imibonanomouzabitsina ni ibishitani koko? Ababyeyi se ko mubikora ? Mubwire abana ko ari byiza ko biryoha ko ari impano y’Imana. Mwongereho ko bidakorwa mu kajagari n’akavuyo kuko bibamo ingaruka nyinshi kandi mbi kandi z’igihe kirekire!
@Mwene_Ndashimye Says:
Kwiga ukabona n'amanota menshi ntibisobanura ko utaba injiji!kuko injiji mbi niyize!!!so wabaye injiji nacyane ahubwo
@CBA2News Says:
Ubwo nibwo bujiji nyine gutwita utabana numugabo izo ningaruka zo gukora uburaya nyine ibindi wavuga byose nukwigira umwere ark nawe uzakari kumutima wawe
@giramatagiovannie4855 Says:
Mai classmates Olive from secondary courage
@pascalinerush Says:
Uyu muganga arivuguruza agacangacanga ku buryo umwana w’umwangavu ntacyo yakuramo . Mbega None se ku myaka 19 utwite yari amahitamo yawe ? Nibarizaga mutantera amabuye, ko numva byose yabyegetse kuli mama utaramwigishije?
@dianediamant2325 Says:
J
@higiroprotogene7986 Says:
Ark muzamfashe kumenya igisobanuro kinjiji ex nkubu uramutse ugeze Aho bambuka amazi boga utazi koko witwa iki?
@mupenzi4718 Says:
Sha kwisanga utwite utabiteganyije ni ubujiji uko wabisobanura kose ni ubujiji bwa nyir'ugutwara inda. None se ko hari uburyo bwinshi bwo kwirinda gusama kuki tutabukoresha kweli. Ibyo ni ubujiji
@thabithamuhawenimana3787 Says:
yes Doctor.urakoze cyane.uranitonda rata.
@thabithamuhawenimana3787 Says:
Pole Doctor.ariko ntacyo.
@mushimiyimanaemmanuel Says:
Kuba urimuganga ntibikuraho ko waba urinjiji gusa imana ige itwirindira.
@uwizeyenancy380 Says:
Uziko wize kukigo nizeho diii❤❤❤❤❤❤❤ wawuuuuuuuu
@bizimanaadolphe171 Says:
Dr nibyo rwose twe bwe abana bavutse Bira mupango dukurana ibikomere ariko akamuga karta agaturo sinkokubuzwa ubuzima uzizwa uko uvutse ? ❤❤
@melimelo7205 Says:
Ariko se Dr tuvuge ko mama wawe yibagiwe kuguha inama zijyanye n’imyirorerere! None se à 19 ans urangije secondaire wigaga ama sciences uri n’umuhanga wari uyobewe ko uruamanye n’umuhabo watwara inda??
@RukabuzaJean Says:
Dukuyemo isomo pe Kwihanganira byose bitugoye Ni jyoni Irwamagana
@MANIRAGENAJustin Says:
Ubusobanuro utanga ntabwo bwumvikana neza ,nk'umuntu wigaga science se ntabwo bakwigishaga ubuzima bw'imyororokere? no kwibuka ko wakoresha agakingirizo nabyo ntabyo waruzi? na n'ubu ukaba ukivuga ngo warasengaga cg warishushanyaga waririrwaga usambana? Ikizima ngushimiye n'ukudacika intege igihe cyose utaragera kuntego.(Never say never, fight forever). naho ibyo by' umubyeyi ukomeza kuvuga bireke ntabwo Ariwe wagutumye gusambana.
@simeonndereyimana4143 Says:
Reka kwihagararaho warabay'injiji pe!
@elysenijimbere3555 Says:
Mbariza ko ari en couple shaa,nzoze ku mu draga 😂😂😂
@Ericrwasha Says:
Turagusbye uduhe no. Yuwomu Dr
@Ericrwasha Says:
Esekuki mudashyiraho namba zabomukorana ibiganiro
@tumsdave2995 Says:
wow, i adore her testimony🥰🥰🥰 turahari ngo tugushyikire twumva kubyiza utuzaniye.
@voiceofman2765 Says:
Yesu ashimwe, mu kwezi gushize Imana yampishuriye amafarashi y, umukara aza yiruka cyane agana kw, isi, ijwi ry, Imana rirabwira ngo abazarokoka ibyago bikomeye bigiye kuza kw, isi bazahungira ku musozi bita bethel, bethel bisobanuye house of God cyangwa secret place, mube maso bavandimwe kuko ibihe dusohoyemo bizanyuramo intwarane ubu butumwa wowe ubusoma ubuganirize mugenzi wawe uzaba urokoye ubugingo bwe, be blessed
@shingiroemy656 Says:
Iyi titre siyo kuko bamuteye inda ataranatangira kaminuza
@BayavugeEmanuel Says:
Urabeshya rwose ntamuntu utaruziko gusambana aribibi,emera ko wangize ubushyuhe ark ureke kubeshya
@annynyagatare6813 Says:
Abanyabyaha ko ari ko ari twese ubu turi injiji ???? Ubwo nuko ubyumva Ariko hari n’abatemera Imana kandi n’abahanga n’abanyabwenge kandi Imana niyo yabahe ubwenge ngo bafashe injiji
@KayihuraAlexandre-l9v Says:
Iyo byageze hariya ntabujijuke bukora ubwonko buba bwayobye
@ERICBIGIRUMUHIRWE-gi5ug Says:
Erega kuba uri muganga, ntivyakubujije kuba injiji
@nyiramukirediamant1132 Says:
Umuntu wize Biologie koko wavugango kutamenya? Rekareka
@muziranengerakiri9693 Says:
Ubujiji bisobunura gute ? Kutabona imbere yawe heza nibwo bujiji bubi
@KiraboCyimana-o2f Says:
Munsi yu umukandara Nta munysbwenge Nta ni injiji Agatara iyo katse bagutera inda nta kindi😂😂
@NsengimanaInnocent-nv2te Says:
Nyine uri docteur winjiji mugutwara inda
@HabinshutiEmilien-b9g Says:
Hhhh,wagize amahirwe na Sida wari kuyiterwa,iyo umuburi washyuhiranye ubwenge burayoyoka.😂😂😂😂
@IradukundaChanceline-p7m Says:
Injijuke idashyukwa? Mwakuye ubugambo ahooiapuuuu
@alicemuhimpundu8360 Says:
Ntabwo gutwita bigombera ubujiji cg injujuke kuko abatarize bose ubwo ninjiji kuva isi yaremwa kubyara si ukujijwa bitagwa ni imana iyo wahuye nu mugabo urasama cg NDI kumva nakubwira byishi mbuze uko mbivuga winjiji
@nathanndamage173 Says:
Dr ntaburangare, nta kosa wakoze, ni agashyuhe kandi si uburwayi, komeza neza urugendo rwubuzima wiyubake. Kuko hari abazikuramo birenze rimwe. Just keep moving forward. Ariko dukeneye imbaraga zijuru. Imbaraga zijuri nizo zonyine zitera umuntu ikinya. Ntahubuke, ntabeshywe, ukagira amakenga atuma udutego twose uducagagaura.kandi ukabaho wumva ubohotse. Ubwenge bwo mwishuri, bwonyine ntibihagije. Ijambo ryi Imana nu ubuzima burimo ubudahangarwa❤.
@ngendahimanaalfred1962 Says:
Dr nukuri ntawakurenganya iyo ngingo rwose niyo waba uri prof watwita njyewe nanakwikundiye
@alinemupfasoni6838 Says:
Ariko Nyagasani vuga ngo nakundanye rimwe ntabimenyereye mpita ntwagwa ndabkkora mpita ntwita arilko reka kwitwaza ababyeyi wize biologie kdi ibibera kwishuri interna turabizi ni biganiro bihaba niyo utabyiga wabimenyera mu biganiro
@Gasorefamilly Says:
Oya rwose peee, wigira uwo ushinja gutwita kwawe kuko kuba wari urangije secondaire en plus muri science wari usobanukiwe bihagije, ahubwo wagize intege nke zʼumubiri.
@umutitvshow Says:
Waba wifuza gusura Paris umujyi w'abakundana? Ntucikwe kuri @umutitvshow
@carinemanirambona2708 Says:
Mwagiye muba open koko umukobwa uhejeje secondaire koko uravugako abavyeyi aruko batagusobanuriye?wavuzeko wakunze amaranga mutima akakurusha imbaraga kuko wabikoze ubizi vraiment nuburangare wakoze .

More Abantu Videos