Komera muvandimmwe kubabaza ubabaye nibyo nubugwari. Imana data watwese niyo iduhora hafi mu. bihe byose
@Bsta-3a Says:
you look like miss pucuri urasa neza byabindi byandenze pe ,,I'm not married gusa kubura umuntu noneho mwashakanye numva Ari gikomere imana ikube iruhande mama ndabona ungana na mama umbyara ❤
@Njishi_TV Says:
Rose uno mumama yakwiyumvisemo. Arashaka kuganira cyane kubyerekeye uko yabuze partner we. Inyuma ya camera mwaganira bikamufasha. I feel her, umuntu uri strong aba ashaka guhisha amarangamutima ye, ariko iyo abonye uwo yisanzuyeho aravuga bikamworohereza. Iyo signe yuko abivuga umutwe ukamurya, ni ikigaragaza ko bikiri byinshi muri we. Komera Maam❤
Hagati aho muntankandire kw' ifoto murebeho naho hariho ibiganiro byiza byubaka. Karibu kuri Njishi Tv 👏👏
@Mpanogood Says:
Mama mignon ndagukundacyane
@yvonnenyiramutarutwa7671 Says:
Pole cyane nyagasani akomeree
@alineujeneza6848 Says:
Rose wee uyu mumaman umuntu yakomeza akamwumva...pee
@igihozoleah3583 Says:
Mama mignone komera turagukurikira kwa Apostle Rosine uganira neza kandi komera Mubyeyi ❤❤
Ariko ok cyambabaje muri buno buno buzima bwo kwi si nuko inshuti twari dufite zose zahize zigenda, ndetse na bo mu mumuryango babamwe na bamwe nanubu ntibaragaruka iwacu kdi papa agiye kumara imyaka hafi 10 atabarutse
@ingabiremariegrace1095 Says:
Iki kiganiro cyari cyiza peee❤️❤️❤️❤️❤️❤️ Keep being strong Maman Migno😍
@donathamukeshimana6108 Says:
NtKintu nakimwe abandi twese twari tuzi kijyanye no kubaho ni papa wacu wabitumenyeraga, absna tuvukana bari batangiye kwiha kaminuza, naho jye narinyirangije Ariko yari akingurira imyenda ninkweto ndetse nimyenda yi mbere, kdi nabavandimwe banjye twese nuko twari turiho
.Mama wanjye nawe yarameze nkatwe. Murumva iyo si twari dusigaye dutuyemo????? Yari iya twenyine😢
YOUTUBE COMMENTS