Ngo abadiventiste ni abanyamahanga ngo none abanyamahanga bahuriyehe n'amategeko UBWO GA UBUTABERA BW'IMANA UKABA UBUJUGUNYE HASI
@ManChester-l8l Says:
Ngo nta mudiventiste wakwakira umwuka wera ahubwo noneho si ukuyoba gusa no kuyobya abantu ahubwo ni ibisazi
@ManChester-l8l Says:
Amategeko y'Imana uyashakaho iki ? Ko ya nditswe muri bibiliya ugendana azakubera umushinja
Ninde wakubwiyeko ubuntu bwa Kristo bukuraho kumwumvira iyo hajemo kumvira se si amategeko aba avuzwe
Jya ibabuloni ya kera ni iki cyabaye bategetswe kuramya igishushanyo Nebukadnezar yari yakoze icyo uwo mwami w'umupagani yari agendereye si ugukuraho itegeko rya 2 mu mategeko 10 y'Imana
Abahungu 3 ntibemeye guhara ubugingo bwabo bemera kujyanwa mw'itanura ry'umuriro ugurumana kubwo kwanga kwica itegeko rimwe mu mategeko y'Imana
Yesu Kristo bari bakiriye bagombaga kubihamisha urupfu
Ntiyabatengushye bamusanze yageze mw'itanura ry'umuriro ntibashya
None babuloni y'uyu munsi irigisha abantu ngo isabato yavuyeho yoooo mbega satani we , babuloni yubu irategurira abantu kuramya kugahato umunsi washyizweho n'abantu(sunday) mbese uwo Yesu muvuga mwakiriye ni uwanyawe koko ndumva ari pyrate uwo wivuguruza kubyo yanditse kandi abaheburayo 13 :8 havugako adahinduka???
Abakiriye Kristo by'ukuli ntibamfobya amategeko ye kuko niyo BUTABERA BW'IMANA
gukuramo rimwe ni ukujya mu ngabo za satani
Nonese igiti kimenyekanisha ubwenge muri iki gihe ni ikihe ? Niba atari amategeko y'Imana 10
Ikigeragezo cyo kumvira Imana no kiyikunda ko bigomba kugaragarira mu kuyumvira no kumvira ibyo yategetse
Babuloni yo kwa nabukadnezar bategetswe kwica itegeko rya 2 ariko 3 gusa nibo bagaragaye ko bakunda Imana koko
Babuloni yuyu munsi rero yo mu byumwuka irashishikariza abantu kwica no gukuraho itegeko rya 4 mu mategeko 10 y'Imana
Abakunda Imana by'ukuri bazagaragara abo biyitako bakiriye Kristo nibwo bazagaragara aho gusuzugura Imana n'amategeko yayo bazemera no gupfa ariyo bazira ibyahozeho kuri babuloni ya cyera nibyo bizongera kubaho umubwiriza 1:9
@ManChester-l8l Says:
Umva wa mugabo we ngo ni Jean Luc niba utari intumwa ya Satani uyombya abantu uzihana ni uko igihe kirigushira ubuse abantu wayobeje koko bo bazaba abandr
@nsabimanajeanbosco-zy5ke Says:
Abajezuiti Bose turikumwe bazakurwamo nitegeko ry'urupfu kuko ntawapfira ibintu atemera,ikindi kandi uvuga ko amuzi ntiyitondere Amategeko n'Umubeshyi ukuri ntikuba kuri muri we kuko Amategeko Ari umushorera utugeza kuri Kristo Kandi uzice umuntu urebe ko itegeko rya Let's ritaguhana ubwaryo.
Mbese ko twirwa mu MPAKA,
*- Twamenya dute KOKO UVUGA IBYAVUYE KU MWUKA WERA?*
Igisubizo :
*Yes.**54:17**: "URURIMI* rwose ruzaguhagurukira kukuburanya, *UZARUTSINDA.* Ibyo ni byo *MURAGE* w'abagaragu b'Uwiteka."
*~~"UMURAGE"* Uwiteka yahaye abantu bavuga koko ibyavuye ku mwuka wera, NI UKO *NTA RURIMI RWABABURANYA NGO RUBATSINDE.*
~~Niba *ABADIVE* aribo bafite *"UWO MURAGE"* ndabatumiye hano, baze tujye impaka ku mategeko, *turebe URURIMI RUDASHOBORA GUTSINDWA.*
Merci.
@John-ch1np Says:
Uri urusambo rwishakira views za YouTube uretse ko nazo wazibuze😂😂😂 wagiye gukora uturimo tw'amaboko ukareka kwirirwa umoka aho.
@EricMUGISHA-iu3xv Says:
Ijambo "idini" risobanuye" religion" cg" iyobokamana". Rero hariho idini y'ukuri n'idini y'ibinyoma. As simple as that. Umunzani upima idini y'ukuri ni bibiliya. Ikibazo SI insengero icyibazo ni inyigisho🎉 zihigishirizwa. Yesu ntiyigeze abuza abigishwa be kujya mu nsengero, ariko yababujije kwemera inyigisho z'ibinyoma.
Ibyakozwe n'Intumwa 3:1
Nuko Petero na Yohana barazamuka bajya mu rusengero mu gihe cyo gusenga, ari cyo saa cyenda.
Ibyakozwe n'Intumwa 5:18
bafata intumwa bazishyira mu nzu y'imbohe zose.
Ibyakozwe n'Intumwa 5:19
Maze nijoro marayika w'Umwami Imana akingura inzugi z'inzu y'imbohe, arabasohora arababwira ati
Ibyakozwe n'Intumwa 5:20
“Nimugende muhagarare mu rusengero, mubwire abantu amagambo yose y'ubu bugingo.”
Dushingiye kuri iyi mirongo intuma zajyaga guterana mu rusengero , Kandi na Mqlayika amaze kizibohora yazitumye mu rusengero kubwiriza. None nawe ngo insengero ntizemewe . Ubu se ari wowe na bibiliya ni nde wo kwizerwa? Sinshyigikiye inyigisho z'ibinyoma zigishirizwa mu nsengero , ariko nanone sinshiraho iteka abari munsengero bose nk'aho bayobye. Ubu tuvuge ko abasengera mu butayu no mu mashyamba bose ariko bari mu kuri? Yesu na we yigishirizaga mu nsengeroMuzirikane iri somo:
Luka 21:37
Iminsi yose yirirwaga mu rusengero yigisha, ariko bwakwira agasohoka akarara ku musozi witwa Elayono.
Luka 21:38
Abantu bose bakazinduka mu gitondo, bakajya aho ari mu rusengero kumwumva.
Nubwo abafarisayo bigishirizaga muri izi nsengero ibinyoma ariko Yesu we yigishirizagamo ukuri. Rero ibyigishirizwa mu nsengero byose SI bibi. Ahubwo abantu bakwiriye kwisomera bibiliya bakamenya gutandukanya ukuri n'ibinyoma. Biranditswe ngo:
1 Tes 5:20-22
[20]kandi ntimugahinyure ibihanurwa,
Despise not prophesyings.
[21]ahubwo mugerageze byose mugundire ibyiza,
Prove all things; hold fast that which is good.
[22]mwirinde igisa n'ikibi cyose.
Abstain from all appearance of evil.
@EricMUGISHA-iu3xv Says:
Iyo uvuga amategeko ngo ni ay'abisirayeri gusa ubwo uba unavuze ko bibiliya itagenewe abatuye isi yose , kuko n'ubundi yanditswe n'abusirayeri 99%. Yesu yavuze ko ataje gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyakomeza(Matayo 5:17,18). Yanavuze ko icyoroshye ari uko ijuru n'isi byashira kuruta ko agace k'inyuguti imwe yo mu mategeko kavaho( Luka 16:17). Yesu ubwe yavuze ko yitondeye amategeko ya se(Yohana 15:10). Kandi adusaba kumwigiraho. Kwizera Yesu nti guha abantu uburenganzira bwo kwica amategeko. Abagize itorero ry'intumwa bizeraga Yesu bakabyerekanisha kumvira amategeko. Urugero ni Ananiya wabatije Pawulo. Biranditswe ngo
Ibyakozwe n'Intumwa 22:12
“Umuntu witwa Ananiya wubahaga Imana, akumvira amategeko kandi yashimwaga n'Abayuda bose bari batuyeyo.
Ibyakozwe n'Intumwa 22:13
aransanga ampagarara iruhande arambwira ati ‘Sawuli mwene Data, humuka.’ Uwo mwanya ndahumuka ndamureba.
Ananiya yabonekewe na Yesu amutuma kubatiza Pawulo. Nyamara Ananiya yumviraga amategeko y'Imana. Nshuti muvandimwe ubukristo bushyira ku ruhande amategeko buba buhabanye na Yesu n'intumwa ze. Mu byahishuwe haranditswe ngo:
Ibyahishuwe 14:12
Aho ni ho kwihangana kw'abera kuri, bitondera amategeko y'Imana bakagira kwizera nk'ukwa Yesu.
Ntushobora kuvuga ko wizera Yesu ngo ureke kwitondera amategeko y'Imana.
@faustinnshimiyimana601 Says:
Mwaramutse,muze kuzatuganirira ku kibwirizwa cyanyuze kumurinzi TV kivugango uko Waba umunyedini mwiza mumimsi yimperuka.
@THEO777O7 Says:
Halelluyah 🙏 praise God every day
@Patrick-x8u6p Says:
Umujesuits ubihagazemo uko bashaka cg umuyobe😂😂😂😂😂
@Patrick-x8u6p Says:
Ubuse wowe ikigaragaza ko uri umukristo ni iki uretse ibigambo😂😂😂😂😂Ubutumwa bwiza wigisha ni ubuhe? Babuloni ikurimo hubwo kuko wanga Kandi urwanya amategeko y'Imana.
Abadiventiste baraguhahamuye😂😂😂😂😂😂😂
Bavandimwe, nti mugatware n'amarangamutima mubya agakiza Kandi ntihazagire usobanura ijambo ry'Imana uko abyumva mbabaze : Yesu arabeshya? Ngaho ni musome 1 yohana 3:3-6 . Umwigisha ntaze kurengera ngo satani amuteze kuvangirwa. Uzabaze twebwe tuzi icyo ivugabutumwa urugo kurundi bisobanuye n'ukobikorwa. Ungera usome ibyakozwe n'intumwa 5:18-32. Muri make utubaha amategeko y'Imana yose uko ari aba ayirwanya.
@Paul-p2g7r Says:
Bavandimwe bandi nuyu uvuga numwe mubagize babuloni kuberako arikwigisha ibinyoma azagaraze imirongo yomwijambo ryimana yerekana ko abakurikira yesu batemerewe gukurikizamategeko yimana. Ikindi amategeko ninkindorerwamo yagakiza ndetse ni cyapa kiyobora abakristo munzira ijya mwijuru kubwibyo uyumugabo Ari gukuraho ibyapa kumuhanda ujyamwijuru murabe maso mutamukurikira arabajyana kurimbuka.
@Paul-p2g7r Says:
Matayo 5:19
Nuko uzica rimwe ryo muri ayo mategeko naho ryaba ryoroshye hanyuma y'ayandi, akigisha abandi kugira batyo, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mutoya rwose. Ariko uzayakora akayigisha abandi, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mukuru.
@Paul-p2g7r Says:
Ntago Ari yesu wagutumye kuberako we ubwe muri matayo 5: 17 yesu ntiyaje gukuraho amategeko. No mubyakozwe nintumwa 13: 47:48 abisiraheri uvuga banze ubutumwa bwayesu intumwa Paulo abushyira abanyamahanga
@Paul-p2g7r Says:
Ese ingoma itangira amategeko ubwo bwami bwaba Ari ubwami nyabacyi. Reka kuyobya abantu niwawe haba amategeko rero wikumvako ingoma yimana itangira amategeko.
@Paul-p2g7r Says:
None niba utari umu Israel niki kigutera kuvuga ibyo utazi
YOUTUBE COMMENTS