Amazi mubuhanuzi bisobanura abantu benshi. Ubwo Yesu azaba yenda kugaruka abantu benshi bazaba barayobejwe n'inyigisho z'amadini yibihimbano ( babuloni) nkuko ufurate yatembaga mumidugudu y'ibabuloni hagati nanone mubyumwuka urwo ruzi rugereranya abantu bazaba bari muri babuloni( abayobejwe/amadini y'ibinyoma/ inyigisho z'ibinyoma) rero Yesu ntago azaza urwo ruzi rutarakama cg se yesu ntago azaza izo nyigisho zitagiye ahagaragara ngo abantu bose bazikureho amaboko bamenye ukuri nubwo igihe kizaba cyarangiye . Ufurate ya kera yakamye kugirango ingabo za kuro zinjire mumurwa wa babuloni ziwurimbure .kuro rero yaje nkumukiza w'ubwoko bw'Imana bwari i babuloni bwarajyanyweho iminyago yatanze itegeko ryo gusubiza abayuda iwabo. Kuro agereranya Yesu uzazanwa no gukiza ubwoko bw'Imana . Ubwo abo mumadini yayobye bazabona papa amwaye kubw'icyago cya 5 mubyahishuwe nibwo benshi bazamwimura bagaye nabayobozi babo batumye barema igishushanyo kinyamaswa ,abantu bazabona barahenzwe ubwenge bazasubiranamo ubwabo, baregane, umuntu wese avuge ko yayobejwe na mugenzi we bazicana kubwo gutinya umujinya w'Imana uzaba wenda gutera bazavuga bati Turapfuye ari mwebwe tuzize . Abahoze bishimira abo bayobozi gito noneho bazabarundanyirizaho imivumo baramburire amaboko yabo kubica. Inkota bari bageneye kwica abantu b'Imana zizarya abanzi babo . Iyo ntamabara izaba hagati yabataye bagasubiranamo ubwabo niyo yitwa HAR- MAGEDONI. so gukama kuruzi rero kuzaba mubyumwuka mucyago cya 6 abantu benshi bazaba barayobejwe bave kubabayobeje . Ntabwo bizaba mumubiri mubigaragara kandi twibuke ko ibyago birindwi ntibiratangira kuko tubona ko bizatqngira imbabazi zimaze gukurwa mu isi nyuma gato yuko bashyizeho kuruhuka umunsi umwe ku isi yose ahubwo twitegure bwangu kuko biri hafite cyane. Murakoze
Ushaka gusoma ubu buhanuzi bwose azasome igitabo kitwa Ubusobanuro bwa Daniel n'ibyahishuwe kukigisho kivuga Ibyago birindwi by'imperuka
@JeanLucNdayisenga-x3i Says:
❤❤❤❤
@DusabimanaSamuel-m2e Says:
Murakoze kukiganiro cyiza muduhaye
Mudusobanu rire ese yesu ni imana yihinduye umuntu cg hari yesu hakaba nimana mwadufasha mukadusobanurira ahohanu murakoze❤
@MutuyimanaJoyeuse-p6v8j Says:
Icyo gitabo umuntu yakibona gute?
@MukankingiyeCostantine-c3q Says:
Icyo gitabo umuntu yagikurahe
@nizeyimanajeandamascene3829 Says:
Imana ikongere umugisha mwinshi 🙏❤
@ChristianNenolamungu Says:
Ubwami Bwimana nibwa
Mamare Mwisi yose Amen
@JMVMusenga Says:
❤❤
@PAMELATV-n4z Says:
Ukuri nahishwe se hari aho kiboneka kuri internet
@PAMELATV-n4z Says:
Mutubwire icyo gitsbo cyo kwitonderwa ni ikihe tukirinde icyo nigute umuntu uri hanze icyo cyanyu cyamugeraho
YOUTUBE COMMENTS