Ibivugwa ku Bayobozi b’Ibigo by’Amashuli Mineduc yirukanye ubu bakaba bagiye kwigisha! Ko batsinzwe ibizami mu ishuli bazigisha mu rihe rurimi? Statut y’Abarimu izakomeza gutera gutya? https://youtu.be/Wo0C86stcMg?si=Y4qtUpYJfwfMtwJQ
@allez5225 Says:
Bajye babaza abana bafite amakuru ababaje
@allez5225 Says:
Abayobozi bibigo abenshi ni abasinzi bikabije pe
@NyiramanaLiberathe Says:
Nabivuze kera ni uko bitumvwa!! MINEDUC nibayihe Abapadiri n'ababikira barebe ukuntu ibintu bigenda neza
@mukamanaesperance3322 Says:
Mwaramutse .ndumva iyo committe yabakuyeho ariyo.ishoboye bayihaye ibyo bigo tukareba ko hari impinduka iboneka .Ese abo bagiyeho mwasuzumye ko bazi icyongereza na Mudasobwa wenda ibindi ntabyo ashoboye .najyaga mbona abana babaganga bava kwiga bazi icyongereza pe .ariko muri bamwe iyo umubwiye ashake umutsi w umurwayi usanga utazi ibyo arimo .ibi nugushishoza cyabikoze udafite displine we agomba kuvamo yihuse .
@mukamanaesperance3322 Says:
Mwaramutse .ndumva iyo committe yabakuyeho ariyo.ishoboye bayihaye ibyo bigo tukareba ko hari impinduka iboneka .Ese abo bagiyeho mwasuzumye ko bazi icyongereza na Mudasobwa wenda ibindi ntabyo ashoboye .najyaga mbona abana babaganga bava kwiga bazi icyongereza pe .ariko muri bamwe iyo umubwiye ashake umutsi w umurwayi usanga utazi ibyo arimo .ibi nugushishoza cyabikoze udafite displine we agomba kuvamo yihuse .
@nshimiyimanajacques1288 Says:
Mwebwese ntimwiba ko muzi kuvuga gusa
@Mati2026-m3 Says:
Noneho agasuzuguro kaba muri NESA ...ntushobora kubagana Uri umubyeyi ngo baguhe byibura n' umwanya ubasobanurire ikibazo cy' umwana! Birababaje ...Nyakubahwa President wa Republika yavuze ko abaturage bagomba guhabwa service ku bo baje bagana ...Ariko muri kiriya kigo urinjira ngo andika email ...email batazigera basubiza!! This is real insane!!
@jidix-e7f Says:
Ese mwe mubona ubu burezi buzamara iki niba kuba mwarimu ari igihano
Ibyo muvuga byo guha committee yababyeyi uburenganzira byo sibyo, kuko iyo committee iba iri under controlled by headteacher, so waba uhaye ba headteacher uburenganzira busesuye bwo kwirukana umwalimu
Igihe cyose hari amashuri ya ba Mucunshu,hakaba n,amashuri y,indatwa na bene ububasha,uburezi buzakomeza kuba ihurizo kandi bibe n,ikirunga igihugu kicariye kuko Ibihugu bituje abo bana bose baba bigana,bagakurana,bagakorana,bagatekerereza hamwe
@gabrielngayaboshya Says:
Mbere ya 94 uburezi bwari bufite ireme pe. Byose byishwe no kwimakaza amashuri ya privée cyane cyane mu mashuri abanza. Mu mashuri ya Leta hari ubucucike buteye ubwoba . Wakubitiraho rero kwinubira umushahara muto wa mwalimu bikunyuka. Abarimu bashobiye kandi bigira mu privé kubera umushahara utubutse. Muri make kuba umukene mu Rwanda ni icyaha gikabije kizakurikirana igisekuru cyawe. Ibyo birazamuka bikagera no muri Kaminuza: hari umwana w'umuyobozi ukomeye wiga muri Kaminuza y'u Rwanda se?
@modestekalisa Says:
Ese aba headteachers batsinzwe icyongereza(foreign language) bakwiye kuba abarimu? Impamvu: Uyu muri se wo kuba abarimu uzavura igihe ndwara mu banyeshuri cyane ko ariho ururimi rukenewe? Aho ntibigiye gutera indwara yo gutsindwa kurusha uko bari bayoboye? Nyamara bagakwiye kwigisha kurushako bahindutirwa Imirimo kuko biteje inkeke
Joseph,uracukumbura kweli kweli. Ndakwibuka kuri kaminuza I butare
@Novablend12 Says:
Ubundi education ipfuye from 2008 kuva amashuli yigenga ahawe intebe izi ni business zabamwe guusa zirangiza ahazaza h'igihugu 😢 umuntu arakoracyane ngo umwana we ajye kwiga Wenda kurwego nawe yizeho iyo za 2008 public schools yishwe nubuyobozi bwahaye intebe private school kugeza kurwego n'umwalimu wa primary atajyana umwana we kwiga aho we yigisha basi leta ishyireho umurongo ugenga ibibintu basubire kuri gahunda ya accountability ihamye
YOUTUBE COMMENTS