Kibagabaga again? inzego zacu zirenganure abo baganga bishyurwe ibirarane byabo. Non x bazishyurwa mu kwa cyenda ngo kuri badget ya 2026-2027 gute kdi badget ya Leta irangira mu kwa gatandatu. Uwo muyobozi ashobora kuba Ari kubeshya. Ahubwo Minisante nitange umucyo kuri cyo kibazo. Gikemuke burundu.
@muhawenimanafaustin350 Says:
Ntibita kubarwayi , bagira service mbi cynnnnnn, ikindi kd barahenda cyn kuhabyarira , umenya leta ibafata nabi nabo bakabitura abarwayi
Wasanga RSSB ibarimo umwenda munini kdi bakomeza kwishyura umurimo, amazi,Mazout na ba Rwiyemezamirimo.
Abayobozi mujye mubasengera kuko iyo prime nawe ari mubayihabwa kdi kuyobora abakozi bari motivated niyo ntego y umuyobozi uwari we wese.
@bikorimanavincent6188 Says:
Aka kantu ko gufata abakozi muri ubu buryo ni nayo mpamvu abakozi bakora batari motivated bikanabatera gukora akazi nabi service zihabwa abarwayi zikarushaho kuba mbi
YOUTUBE COMMENTS