Birashoboka gufatwa ku ngufu kuko uwazanye inzoga ni umuhungu kuki shadyboo yisanze ku buriri,umuhungu amuryamye iruhande uyu mugore se niwe wa mbere bari basangiye inzoga?wasanga bashaka gutwika erega saga nkizi zahereye kwa kim kardashian kandi byarabagaburiye mpaka leo.ibyabyo barabizi.
@KevineDusingizimana Says:
Ibya Shaddboo byo nagatereranzambe 😂njye buriya mba numiwe rwose pe
@Nyakwezideborah-o2r Says:
Ikibazo numva shadboo yakagize nuko Yaba yamwanduje sida naho kuba Ari mukwezi ndumva bitakaje kuri camera yagana isange one stop center
@1986nska Says:
Intelligent thinking. Ni abasinzi babiri baguye mu moshya. Ntibakwiye kwitana bamwana pe.
@ahishubijedieudonne1463 Says:
Ese disi abana be baba bumva ibyo bintu byose? Ise yagombye gutarura abana be cyane ko ari n'abakobwa nyabuneka😢😢
@ahishubijedieudonne1463 Says:
Ubwo azaregwa kwiba umugono ahari 😂😂
@GilbertDUSHIMIMANA Says:
Theo , ntugakabye , biriya Shaddy Boo yakorewe ni ubwambuzi bushukana kbs , izo nzoga uwo Yugi yazizanye kuri mission yo kwihaniza Mukecuru.
@nsabimanajeandamour412 Says:
Shadibu yanyoye umumanura jipo
@whinnyjoy3314 Says:
Njye mbona RIB ikorera abagore pe! Kuko umugore wese uvuga ko yagize icyo akorerwa numugabo RIB irafunga, ariko umugabo arakubitirwa ku karubanda umugabo akihangana ntasubize umugore uri kumusebya amukubita RIB ikaza ivuga ngo Irashima abagabo ko bakubitwa, mugihe umugore wakubitswe adashimirwa kuba atihaniye.
@urujenichristine5507 Says:
Gufata kungufu nicyaha peee 😢 aliko nanone abasinzi babili nawaba yafashe uwundi ubwo rero na aimable nawe amurege ko yamufatiye munzu iwe afunga umuryango wicumba amuhisha ifunguzo 😅
@Andrea-d5e2q Says:
OK TUBYEMERE YARAMURIYE BOSE BARIBASINZE KUKO NTAMUNTU MUZIMA WARONGORA UMUGIRE URI MUMIHANGO,,ABASINZI 2
@MashaalainthedeadKULE Says:
Aliko RIB ni iy'abagole gusa?
@Tnr8938 Says:
Ahubwo kuva bari kwa Shaddboo yaba yarafashe uwo musore
@Byumvuhore-k2j Says:
Mwiriwe sinzi njye niba ujya usoma comments ariko iki kiganiro cyawe gitumye nzajya nkurikira ibiganiro byawe kuko birimo ubwenge bwishi kbs.impamvu mvuze gutyo nuko nta kimenyetso gihari kerekana ko habaye gusambanywa ku gahato ndabivugira ko ikintu kitwa agahato cg ingufu Ari uko habaye kurwana cg guhangana hakabaho urushwa intege. nubwo amategeko avuga ko urega nawe aba ari umutangabuhamya ariko ntawundi mutangabuhamya uhari wemeza ibyo bintu uretse ibya Chadia gusa. Ikindi mvuga niki: niba uwo musore yaba yaragize icyo yitwaza kindi kitavuzwe hari ikigo k'igihugu kibishinzwe kizapima kibyerekane hari igihari byaba bigize icyaha. ariko niba ntacyo ni ukuvuga ngo habaye ugusinda kwa Bose bakora ibyo batatekereje kimwe nuko uvuga ko yansanze yambaye ubusa atavuga uko yagiye kuryama. Kimwe nuko bishoboka ko Chadia we ubwe yaba yarisabiye uwo musore ko baryamana Bose bakaba batabyibuka kubera inzoga chef nabivugaho byishi ariko uzampamagare kbs ndumva ufite ingingo
@Nezajew-a7n Says:
Mu by'ukuri nta butabera buba mu Rwanda.
@niyikoraeliel7983 Says:
Ubundi se nya muhungu yagiye mu rugo rw abandi nta butumire ?
Niba nta butumire se nigute yahawe karibu ??
Niba nta gahunda se bari bafitanye basangiye kdi basabanye muruhe rwego.
Ikindi umucyecuru NK uriya ni gute umuntu yamwambura ubusa akamurara inkera bukarinda bucya atabimenye.
Ibyo umuntu yibaza ni byinshi.
Nyamara uwagiye kuri RIB kwishinganisha yarinze anogoka ntagikozwe ngo barengere ubuzima bwe.
Nkumbuye analyse za Nyakwingendera Mama Immaculée!iyi cas rwose yari kuyivugaho neza cyanee...miss her so much...RIP Mama Immaculée.
@mudigi666 Says:
Theo ndakubwirako umukobwa udashaka ko muryamana niyo wamuha izangahe yasinze arahakana kuko ntambaraga ukabikora ariko ahakana nyuma akakureka......rero mireke ibyo ashobora kuba yarahakanye undi akamukurikira mucyumba Kandi yamusize muri salon yabyuka agasanga yaciyeho kuko batabivuganye
@mubirigijunior1577 Says:
Erega na shadia yabisaba kuko yanyoye inzoga nyishi cyane nawe yabisaba kbsa 😂😂😂Kandi nawe ntabwo arubwambere asambana Kandi arengeje 100 too uko numubonye nuko mwumva birenze 100 rwose ubwose uwo mwana WI myaka 21 reka reka nibamurekure rwose
@gapatalucas9044 Says:
Usibye niyo sinzi undongoye ngo hari niyitwa umumanurajipo! Bose bahabwe ubutabera nta kubogama!! Ni ikizami kiza ku banyamategeko
@gatuniPaisible Says:
Oya rwose uriya musore kuvuga ko yasindishije uri mugore wap kuvuga ko yamukoresheje imibonano atateguye nabyo nsimbyemera nange kuko wasanga yaranamwereye byabasinzi bose ahubwo zamushiramo kwicuza na depression bigatuma amushyirishamo. Ariko nuko umugabo ntagaciro afite muri iy’isi ariko the guy ararengana sana😅
@francoiseuwa7791 Says:
Ariko waha umuntu karibu
@Amédée1820 Says:
Ntago umusinzi ashoboka "kwemera" cg "guhakana", "consentement"
Iyo yakoreshejwe imibona bifatwa ko yahaswe.
Ahubwo niba bose bari basinze, bakarongorana: ninde wakoresheje undi imibinano? Kuki umuhungu atari we wamureze ko nawe yakoreshejwe imibinano yasinze?
@immaculeeintaramirwa8250 Says:
Aliko uyu mudame yanyo inzoga atabizi koko
@Amina_NY Says:
Mubwiwe niki ko izo nzoga atari yazimuvangiye se
@francoiseuwa7791 Says:
Yeweee satani ntibyoroshye arabashuka pe
@musemakweliyves9758 Says:
Turakwemera cyane ujye ukomeza uduhe ibiganiro rata theo
@gidotesi792 Says:
Ubwose ni iki kikubwira ko bamufunze bashingiye Ku magambo?
Ubwo ushatse kuvuga ko RIB ifunga abantu ishingiye ku magambo! Please pay attention.
Shaddyboo bamwohereje kuri ISANGE One Stop center, ubwo bivuze ko bafashe ibimenyetso by'ubuhanga, kd RIB kuba yamufasha ntibivuze ko afunzwe, ahubwo bari mu iperereza, rishobora kurangira babonye ko hari ibyaha byakozwe cg se akarekurwa atagejejwe mu nkiko.
So don't misjudge inzego z'ubutabera
Ibaze gutinyuka uri umugore wabyaye Maman w’abakobwa😭uti nanyweye ndasinda amfata kungufu🙆♀️ubundi wamwigururiraga umujyana hehe? Birababaje wa mubyeyi we 🥲shame on you
@UmuturageKuIsongaRW Says:
Ubu se bapimye ibimenyetso basanga hasanzwe hanyurwa naza ruvunabataka ubwo abaganga bo muri isange baratanga iyihe statement ko mfite amatsiko
YOUTUBE COMMENTS