IBIBAZO 7Wahoraga WIBAZA/GITWAZA NA Antoine RUTAYISIRE Basobanuye NABI Murwandiko rw'ABAROMA/Wiyoba
IBIBAZO 7Wahoraga WIBAZA/GITWAZA NA Antoine RUTAYISIRE Basobanuye NABI Murwandiko rw'ABAROMA/Wiyoba
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@HakizimanaJeandieu-x4w Says:
Ariko wa mana we Ubundi wowe nsinjya nkumenyera Kuko iyo ngerageje kureba Ibibera muri yisi Nibaza niba wowe Ubirebera Uri mwi juru Nukuri Mana Urihangana pe Urihariye Burya Abantu N'Abantu pe😢😢😢
@NdayizeyeAssumani Says:
Komeza aho
@UzabakirihoDamacien Says:
Mukomere. Yohana15:7-8 yesu kristo abarind imins yos!
@tumwineenock9881 Says:
Nonese icyo gitabo cyiruta bibiliya ko udashishikariza abantu gusoma bibiliya , none urimo gushishikariza gusoma icyo gitabo nawe bubyo uvuga ntabwo byujuje ukuri.
@tumwineenock9881 Says:
Idini nurupfu nonese ubwo wowe ibyo uze nukuri, Ishakiro ryu butumwa bwiza , Nawe uwashaka amakosa mubyo uvuga yasanga atari ukuri, Ijambo ry'Imana ritubwira ko ubwami bw'Imana ari ubwi mbaraga atari ubwa magambo, Byakabaye byiza ugaragaza imbiraga kurusha uko wavuga amagambo gusa.
@Getsemanitv7 Says:
Ese wowe uhora wigisha Gitwaza Na Rutayisire? Wakigishije Bibiliya uko uyumva ukareka abakozi b'Imana.
@NtibankundiyeAthanase-dp8sq Says:
Nb
@mukamaemmanuel3228 Says:
Mba numva bibabaje iyo mwebwe mwagakwiye kuba mwunga umurunga wurukundo mutera ikirenge mucya Kristo arimwe muhindukira mukamererana nabi imbere yabantu . Ntabwo watwemeza ko Antoine imyaka amaze akorera Imana ntabantu yazanye kuri Kristo Kandi azahemberwa. Niba yanakora ikosa ibyo ntawe bitabaho turabantu kristo simpumyi Papa Gitwaza uwo uvuga niba akorera Imana cg atayikorera icyo tuzi nuko harabo yafashije kumenya inkuru yubutumwa bwiza Yohana 17:18 iyo mission yarayisohoje . Kandi nawe urumvako ariyo ntego yawe ko ubutumwa bugera kubantu Bose witegera abantu rero ku ijambo bavuze kuko burya nawe uwagenzura ntiyaribura ahubwo Nimugire wamutima Wari Muri Kristo Yesu dukundane nkuko yadukunze twirinde kugirango Tudaha Satan urwaho. Niba haricyo utemeranya namugenzi wawe umusange mwembi babiri mubiganireho nkuko itorero ryambere ryabigenzaga . Dufatanyirizehamwe Dusabe Imana itwereshe ukuri Ijambo ryayo niryo kuri Amen
@MUNYANKINDIJustin-ge9rf Says:
Umuntu ushobora Kuma ni mero ya j luk yabakonze nkunda inyigishonze
@mukamanaspeciose2505 Says:
Iyaba mwajyaga mujya mû nsengero mukaba ariho mwigishiriza mutanyuze ku ma YouTube mwishakira vius ngo mugwize fr mwese ni indamu muba mushaka
@paulkaga-i1i Says:
Buriwe avuka Imana yaramuvuze ntan'1 uvuka atunguye Imana
@NEmma832 Says:
Ibyo byose byavuzwe cyane naba diventiste kuva kera ibyobavuze byose birasohoye kndi byose nabikubwiye kuva kera
@NEmma832 Says:
None niba IMana izagendera kumategeko kuhakana isabato ya badivantiste kndi nayo irimwitegeko ryakane wamugabowe nawe ntaho utaniye nabo uvuga
@Ira62621 Says:
Munjye mwigisha ijambo njyi Imana cyane kuko harabafite inyota yaryo. Nahi ibindi umwuka wera abihishurira abe.
@NossaAbudul Says:
Ndasaba niba mwamfasha gukora join ya watsap nkazajya nkurikirana inyigisho za Bible study murakoze
@NossaAbudul Says:
Yesu ashimwe bakunzi b'umusaraba wa Kristu .ndabakurirkirana cyne kdi nkunda inyigisho zanyu zivuga ukuri kuzuye kw'ijambo ry'Imana
@HabimanaJoseph-c6j Says:
Uyse ko arigutwika nawe nka abandinose
@leopoldmukama3574 Says:
Ariko se wowe ubona utwerera izihe mbuto uretse kwirirwa uca imanza? Wakwigishije ibyo uzi, aho kwirirwa usebya abandi. Wowe vuga ibyawe ureke gusenya ugirango baze iwawe.
@uwinezachantal-qw5px Says:
Ahaho nawe urancanze,
@zabulonnsabimbona1166 Says:
Nashak num whatsapp
@zabulonnsabimbona1166 Says:
Ivyuvuze nivyo nimba nawe bitazohava bigucanga munyuma
@liuxing41 Says:
Arko se Imana izacirabantu imanza muri Christo Yesu Kandi hari abapfuye atarabaho cg bataramumenya? Woe uwo Yesu uvuga ni uko wabayeho mugihe cyanyuma y'uko aba missinnaire b'abazungu baje mu Rwanda no muri Africa muri rusange. None abatari bamumenya bazamuzira gute?
@humurayesunibyosetv5375 Says:
Waramutse Tuyizere Wellars?ba Elie cga abapfuye mbereyuko Yesu aza mu isi hari ibyitegererezo by,abubahaga Imana ,urugero rwiza Daniel meshack,bedenego ,Dawidi, morodekayi nabandi benshi b,abakurambere bacu banze kwemera ibigirwamana ,mbere Yesu ataraza hari amategeko y,Imana yatangiranye niremwa ry,umuntu,uwayagendeyemo niwe utazacirwaho iteka,ariko nka abaraguzaga baterekera ,bemera za nyabingi ntajuru bateze ,ese ko iyo reta isohoye itegeko nshinga hari uryica yitwajeko batarimwigishije ngo nakora icyaha asobanureko atabizi ,mube maso umutima nama niwo uzadushinja tuve mumubiri tujye mu mwuka,Yesu adukore ku maso
@humurayesunibyosetv5375 Says:
Jean Luck Imana niwowe ihamagaye nka Elie ,menagura ibigirwamana byabo ,nibatumva usabe inkoni nkiya mose ,twanze imbaraga za satani Kdi abakiristo twamaze kumenya ububandi bwa Abanti christo nibahame hamwe bategereze ingororano zabo,NB Yesu aracyateze amaboko ushaka nayigarukire mwe kwihagararaho ,Kuko Doctorant ntaho zizabazwa mu ijuru
@uwizeyimanamariechantal403 Says:
Mukozi w'Imana iguhe imbaraga zo gukomeza mugaragaza ukuri muri ibibihe bigoye by'ubuyobe.
@danielndagijimana9454 Says:
J.Luc komereza aho Uwiteka aragushyigkiye Nanjye ndi gusenga ni igihe gito nkaza tugafatanya
@TuyizereWellars Says:
J luck ibyo uvuga nukuli! Amadini yakoze igishushanyo kinyamanswa! Ariko aho ntemeranya nawe nuko umuntu azabazwa ukuli yarazi ntakugenderemo uruge yesu mubutumwa bwiza yabwiye nikodemu ko natabyarwa ubwakabiri atazajya mu ijuru ariko ba Elia bagiye mu ijuru ntawabatije mumazi menshi ibyobari Bazi babikoresheje neza ibyo rutayisire yasobanuye nibyo bazazira ibyo bakoze baziko aribibi abakera!
@danielndagijimana9454 Says:
Uyu mwana uvuga ngo Gitwaza arabarenze uretse we gusa buriya undi arenze ni inde koko!Uko wemera umuntu ntugashake ko ari ko n' abandi bamwemera. Yego ni Dr, ese yayihawe ba Yesu xg ni isi yayimuhaye? Intumwa Pawulo yugiye ku birenge vya Yesu ese ni ho Gitwaza yigiye?
@REGIS_GOSPEL Says:
Imbabazi z'Imana zitubeho
@mBosco-j5o Says:
Yesu ashimwe benedata , iyi minsi turimo iragoye kdi Yesu yabwiye abigishwabe ati mwirinde umusemburo w'abafarisayo (imyigishirize y'abafarisayo ), niyiminsi turimo iragoye kdi mube maso mukomerere mubyo mwizeye mube abagabo nyabagabo.
@kayihurajohn7347 Says:
Nuguhara amagara kuvuga mwizina abakozi ba anti kristu
@NdagijeJames-t2o Says:
Yesu guhe umugisha mukozi w'lmana!bwira abantu ubutumwa bwiza! nubwo bakurwanya Abo umeneye isosi ariko komreza kuko abandi vyaratunaniye kuvuga!wew rero yesu agukomeze ubandanye urugendo!
@kayihurajohn7347 Says:
Nibyo humura abantu nibwo bitoroshye

More Iyobokamana Videos