Ariko wa mana we Ubundi wowe nsinjya nkumenyera Kuko iyo ngerageje kureba Ibibera muri yisi Nibaza niba wowe Ubirebera Uri mwi juru Nukuri Mana Urihangana pe Urihariye Burya Abantu N'Abantu pe😢😢😢
@NdayizeyeAssumani Says:
Komeza aho
@UzabakirihoDamacien Says:
Mukomere. Yohana15:7-8 yesu kristo abarind imins yos!
Arko se Imana izacirabantu imanza muri Christo Yesu Kandi hari abapfuye atarabaho cg bataramumenya? Woe uwo Yesu uvuga ni uko wabayeho mugihe cyanyuma y'uko aba missinnaire b'abazungu baje mu Rwanda no muri Africa muri rusange. None abatari bamumenya bazamuzira gute?
@humurayesunibyosetv5375 Says:
Waramutse Tuyizere Wellars?ba Elie cga abapfuye mbereyuko Yesu aza mu isi hari ibyitegererezo by,abubahaga Imana ,urugero rwiza Daniel meshack,bedenego ,Dawidi, morodekayi nabandi benshi b,abakurambere bacu banze kwemera ibigirwamana ,mbere Yesu ataraza hari amategeko y,Imana yatangiranye niremwa ry,umuntu,uwayagendeyemo niwe utazacirwaho iteka,ariko nka abaraguzaga baterekera ,bemera za nyabingi ntajuru bateze ,ese ko iyo reta isohoye itegeko nshinga hari uryica yitwajeko batarimwigishije ngo nakora icyaha asobanureko atabizi ,mube maso umutima nama niwo uzadushinja tuve mumubiri tujye mu mwuka,Yesu adukore ku maso
Uyu mwana uvuga ngo Gitwaza arabarenze uretse we gusa buriya undi arenze ni inde koko!Uko wemera umuntu ntugashake ko ari ko n' abandi bamwemera. Yego ni Dr, ese yayihawe ba Yesu xg ni isi yayimuhaye? Intumwa Pawulo yugiye ku birenge vya Yesu ese ni ho Gitwaza yigiye?
@REGIS_GOSPEL Says:
Imbabazi z'Imana zitubeho
@mBosco-j5o Says:
Yesu ashimwe benedata , iyi minsi turimo iragoye kdi Yesu yabwiye abigishwabe ati mwirinde umusemburo w'abafarisayo (imyigishirize y'abafarisayo ), niyiminsi turimo iragoye kdi mube maso mukomerere mubyo mwizeye mube abagabo nyabagabo.
@kayihurajohn7347 Says:
Nuguhara amagara kuvuga mwizina abakozi ba anti kristu
YOUTUBE COMMENTS