nonese ibi bizabazwa nde ko mbona birangira rubanda rugufi arirwo rubigwamo?
@SchoolKabyiniro Says:
Ibyo uvuga nibyo hari akajagari kenshi pe kenshi wongere ngo kenshi. Ni uko mureba aho muri. Buretse urebe ibiraza kuba ku burenganzira bwo gusogongeza ba gitifu na midugudu😂 ni ko abaturage bari kubiteramo urwenya! Ubwo nyine namwe ntimuri abana dealu zizaba😂😂😂😂
@vetdoctor9762 Says:
Erega nubwo ntakintu cyabura icyo kimara na ziriya nzoga ntihabura ikivamo byakabitswe hagashakwa izindi product nkenerwa bikorwamo rwose uretse ko no kubimena REMA yakabaye ibyamagana
@bobm4381 Says:
Umuntu witwa Ex Ministre Dr MUKESHIMANA Gerardine yazambije ibintu byinshi.
1. Yirukanishije abayobozi bashoboye abikangamo kuzamusimbure barimo Dr Jean Jacques Mbonigaba wayoboraga RAB, yirukana Dr Butare Louis ni benshi.....
@Miroir-87 Says:
Umuryango tv muraho !!! Ikinganiro ndacyumvise ngira icyo nabivugaho ( gushinga ibigo bicunga ibyo byose niyo hashingwa ibigo bingana ni Mirenge yose yo mu Rwanda ntacyo ibyo bigo byageraho hari ababirusha ungufu ninko gusakaza inzu ibishangara) murakozi cyanee
YOZEFU FDA uyigize abere?? No, wakumva abayijoora! UBURYOOzwacyaha-Kosa ni Gatozi-UmufatanyaCYAHA-KOSA cg ICYITSO. Ubwo rero muri ibi byiciro bitatu(3) by'uburyozwe MINICOM-RwandaFDA,RSB,RICA, wabonamo buri kiga Uburyozwe bukireba!!!
@EricRUKUNDO-v1u Says:
Erega impamvi twibaza ibya FDA ni uko mu itegeko irimo, ikaba ifite ibiro ariko ikaba itaro kugaragara isobanura. Buriya ni umunsi NESA na REB basubiranyemo. Abaturage bagatangira kuba NESA icyobishinzwe mu gihe itabona aho ireme ry uburezi ryatakaye
@kwatirayosylvere Says:
Agromome w'Umurenge asenyera umuturage gute??
@nshimiyimana290 Says:
Ibiganiro byanyu biratwubaka aliko Lomeo mumuhalure kuri kamera nawa mukobwa
Ariko mandate za FDA ziri clear ,food and drug inspections and market surveillance .ikibazo ni uko ababishinzwe batabikurikirana cyane cyane uba usanga hari abababwira ibyo bakora kuruta gukora ibijyendanye na scientific facts .ibintu bizakomeza kugorana igihe abari mu nshingano badakora independently Kandi hagashyirwa mu myanya bishingiye ku mucyo. Njye ntabyo ntegereje vuba aha ubwo nibigerwaho nzaba ndeba.
YOUTUBE COMMENTS