Mudukorere ubuvugizi Muri RODA abaparasocial mu midugudu turavunika cyane dukorara akazi kose kabasocial kd ntagihembo baduha tugera kunaturage Bose kd nta transport duhabwa hari uturere twahawe Telefone ikoreshwa mu gutanga report utundi ntazi urugero nka kirehe mudukorere ubuvugizi rwose baduhinzeho ngo bashaka abadiploma ariko badufashe nkimburamukoro
Murakoze kubufasha bwanyu
@NzabonimanaJeanPierre-v5p Says:
Excellent
@niyomukizajeanclaude4147 Says:
Ese niza kirehe ikekwaho gukopeza, kd bizwi iperereza rigikomeje, byarangira ngo yabaye iyambere mutundi Turere , baherahe?
@adolpheugirashebuja4473 Says:
Ni byiza ko hakorwa Planing za distrct based on Research or real Data. Imihigo ikagendera ku bibazo by'ukuri bihari kandi byakorewe ubushakashatsi. Rero ku bwanjye najye Inama ko Minisiteri zose zishyire hamwe ubushobozi bwo gukora ubushakatsi muri domaine zose. Bityo hamenywa ibibazo bihari mu bimizi muri buri rwego, bityo igihugu cyikamenye investissement ikorwa muri buri Rwego na Buri karere, bigendeye ku bushakashatsi bwakoze muri buri domaine,"Ubuhinzi, ingufu, uburezi, ubuzima, sport, imibereho, ubutabera, umurimo, ubushozi faranga bw'abaturage, uburenganzira bwa Muntu, umutekano, imyumvure y'abaturage cg ubumenyi no ku bintu bibakorerwa.... n'ibindi, hagendeye ku cyerekezo kigihugu. Babirebe bizafashe kwihutisha iterambere rya buri karere bityo bisubize ibibazo bya baturage kandi bigabanye ubushomeri mu rubyiruko, byihutishe iterambere mu baturage"Le Bien etre de la population" n'igihugu mu rusange
@ndagijimanadaniel2048 Says:
cyakoze ubyuviga ni ukuri peeee
@massabasimeon8411 Says:
Urakoze Cyane ku itoroshi ryawe rwose gusa Day School zo ibibazo ni akayabo. Ugirango aragenda akazagaruka ko igihe cyo gukora iyo kigeze ari woe ujya kumwirukaho ukamwinginga ngo aze age gukora. Atabonetse nturyama da
@MinaniApolinaire-e3z Says:
Mwiriwe!Ndashaka gutanga igitekerezo ku icibwa rya za diplome muri za 97. Amashuri yongeye gutangira muri 95, hari abanyeshuri benshi bari barabonye ibiraka muri za ONG bananiwe kwikura cash ngo basubire gusubukura amashuri.Uko ibintu byagendaga bijya mu buryo niko za ONG zagendaga zifunga imiryango.Abenshi muri abo rero yarazaga agasanga abo biganaga bamusizeho umwaka 1 cg 2.Icyo gihe yikozaga mu Biryogo agacurisha amabulettins akajya ku kindi kigo agasimbukira mumwaka ashaka(F yabaga ayafite).Former Minister Karemera rero ni bene izo diplome yaiciye muri za 97 ari naho bamwitiriye "nyamuca" kubera ukuntu bari benshi.
Bariyo ku umurenge ariko bamwe batari inyangamugayo
@wisdom-f8g Says:
NESA igira umukozi ku karere witwa umugenzuzi.
@habaruremaelise-eb9br Says:
Nibavuga bakopeye barakopejwe
@1jeje2026 Says:
Hose bazatungemo itoroshi ni itangwa rya ma scholarship ya yandi yo hanze hari igihe ahabwa abatarushije abandi kubera abahawe izo nshingano bagize icyenewabo ,nka za scholarships za nuclear energy muri Russia kandi bikenera abahanga kugirango ibe successful program😮
@WISDOM_25-d3j Says:
Mandate ya Minaloc urayizi?
@habimanajeanpaul2912 Says:
Bakwiye gukura imihigo mu burezi
@nyiransabimanajeannette1563 Says:
Ukuri kose uragufite pe.
Nkunda ibiganiro byanyu pe.
@issakaburame2645 Says:
Gusa ndashimira ibigo nka NCDA na Word vision Rwanda na Pro-femmes TWESE HAMWE uburyo bakurikirana ishingano zabo begera amaturage , ariko kugera kuntego zabo biyemeje bakazitirwa naza nzego zibanze ziri iyo hepfo ku Karere kugeza kumudugudu baratudindiza pe
@issakaburame2645 Says:
Noneho rero bamanukana confidence nyinshi ziganjemo urwongereza rwinshi ntibibuke ko hari abaturage iriya hepfo basobanutse baba bumva inzego zibayoboye izabasuye ibyo bari kubabwira baku ntabifatika bari kubabwira bakaba baribanyujijemo
Uyu mugabo ari kuvuga ibintu binyuzuriza twite yange kabisa gusa urumuhanga , uba uri kurabura beneyo ahubwo kereka winjiye muririya nteko irimo Aba Depute bitwa ko bamanutse ariko ugasanga na nishyu ifatika yibyabazanye
@UMURERWAClemence-i4u Says:
Jose ntu juge psq imyaka ni imibare
@uwamahorodavid4239 Says:
Oyaa primary bakora ibizsmini 2 kumunsi bakora amasomo 5 ariko umunsi wanyuma bakora kimwe bagatqha saa sita
YOUTUBE COMMENTS