Nyamara turahubuka ntaruganda rutagira product recall SOP bari kuzishyira muri quarantaine cg bagasaba banyirazo kuza kuzifata ibi dukora namahano
@additeacha5967 Says:
Niho ikibazo kiri, bazanaga industrial ethanol, bakayinywesha abantu aho kugira ngo bareke alcohol ivuke muri biological fermentation of biomass bazanaga iyakozwe muri chemical synthesis yibintu bikomoka kuri petroleum, rero yo ntinyobwa kuko iba irimo ibintu byuburozi, nka methanol na benzene nibindi. Muri rusange abo bantu bahaye uburozi rubanda, ntakubica kuruhande ngo nuko hari inzoga bakoraga neza rimwe na rimwe binyuze muri fermentation,wapi, kuba bakoze iyo practice ya alcohol adulteration cg gukoresha iyo ethanol mbi iva mubitoro kugira batubure ibyuma byabo, bakoze icyaha cyo guha abantu ibintu bihumanye! Bagomba kubibazwa ba nyirabayazana
@silasmajyambere7639 Says:
Amakipe yo mu Rwanda nategure Imikino mpuzamahanga ,bave mubyo hanze y'ikibuga. ibi nibyo bisubiza umupira inyuma.
@Rick_Entertainment Says:
Munyankindi ni inde? Cg ni Munyentwari?
@rwirangirafelixbidier2828 Says:
Yozefu uraho neza, iyi dossier ya Fabrice, wenda nemeranya nawe ko hari ibitameze neza muri administration ye, ariko byibuze yaduhaye résultats zifatika, yaduhaga icyizere... utwo uvuze ni duto cyane ugereranyije n'ibyo abamubanjirije babagamo. We yari result oriented abandi biziritse kuri bureaucratie, rero ntabwo sport yakwavanca muri ibyo
@ZiggySothere Says:
NYAKUBAHWA YOZEFU , MUREBE UKUNTU MWADUHA AMAKURU Y'IBINTU TURI KUMVA ABANTU BAHURURIYEMO BYITWA "N N MARKET" CYANGWA "N NUTRITION AND MARKET" , BISHOBORA KUBA ARI PYRAMID YAHINDUYE UMUVUNO
@viateursikubwabo7655 Says:
YAKEMUYE IKIBAZO CY'ABASIFUZI GUTE SE KANDI ABARIMO AMEZI 7?
@ChrisRenzahoM Says:
Njye nemera gutorwa na comité mwumvikana kuko atari ibyo gukorana byagorana.
Tekereza hari amatora. Uwashakaga kuba umuyobozi agatsindwa hanyuma agatorwa nk'uwungirije umuyobozi: alita abikora nkana ngo umuyobozi ananirwe.
@karekeziyves6947 Says:
Ese ubundi check ni iye bwite cg ni iya FERWAFA? kuki bihuzwa nayo kandi ari umuntu ushobora nawe gukoresha iyo check? Mbona hakwiye gutegererwa amakuru arambuye kuko ahari ntahagije mu gukora judgment.
@ibyegeranyorwanda9852 Says:
Twese nkabanyafrica twishimiyeko sepp blater yatumye bwambere umugabane wa Africa wakira World cup ariko ntibyakuyehoko yaryaga Ruswa arinabyo byatumye avaho. Abavugagako Camarade yibira APR FC kuba afunzwe si Rayon sports yamufungishije na Fabrice bavugako yanga APR FC siyo imufungishije. Buri wese ajye abazwa ibyo yakoze( byiza tubishime, ibibi tumugaye). Kuba wakwica abantu 14 maze ukarokora umwe ibyo ntibisibako wishe 14. Thanks Joseph na Romeo kubusesenguzi bwiza muduhaye.
@JeandedieuDusabimana-e9v Says:
Ariko nawe ubazango Shema yakoziki ushobora kuba uringayi cg intashima pe!!
Nonese ntiyarumuyobozi wa As Kigali??
Ubuse degori yakoziki munyentwari yakoziki mumupira wamaguru??
Oya nawe ahurakabije genda
YOUTUBE COMMENTS