Twizere ko urubanza batazavuga ko rubera mu muhezo 🤔
@Lucas-we2rj Says:
Ariko nanjye hari ikibazo nananiwe gusobanukirwa, nabuze nuwansobanurira atamputaje, nigute bavuga ko abayobora FERWAFA (ESCOM) badahembwa, induru za burimunsi zibera muri FERWAFA ntanumwe utazizi, ariko igakomeza kuba inzozi zabaherwe kandi basanzwe bafite business zikomeye? (Olivier Nizeyimana, Shema fabrice), mubyukuri umuntu ufite business zikomeye ko ubusanzwe adashobora no kubona umwanya wa famille, nigute babona umwanya wogukemura amakimbirane,ibyemezo byaburikanya, inama zihoraho nibindi bisaba muyobozi wa FERWAFA umwanya? nyamara abanyarwanda bakunda byacitse no gushaka uwo begekaho amakosa abaye yose ariko, muri FERWAFA harimo inyungu zitazwi kandi zitanyura mumucyo. Urebye neza usanga abenshi babeshya public bakihisha mumutaka wubukire nyamara business zabo zigeze mumanegeka, bakaza gushakisha ubuhungiro muri FERWAFA, kugira ngo bakore amanyanga babone cash zokubyutsa business zabo. Ariko ibigoryi bidatekereza byose bati ni APR FC, usibyeko shema ntanakimwe yabangamiraho APR FC (iramurenze) ariko nanone ntabwo kumukuraho byasaba kumufungisha, ntana General wakwishora muruwomwanda
@LukasiLadebeKirikou Says:
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 ibihekane
@niyitegekapetitj.pierre7192 Says:
Umunyamakuru wa Mbere uzi ubwenge bwo gusobanura, gusesengura no kuganira mu kiganiro cyiza ni bwana JOSEPH HAKUZWUMUREMYI uyu mwaka bataguhaye igihembo cy'umunyamakuru mwiza byaba atari byo.
RIB ihiga ufite icyuma wese ikamufata nuwibye phone yananirwa no guhiga abatanga RAMBERI ahubwo ntabushake wasanga ba MURANGIRA ariko mwuga bakora . Kuki badashyiraho Umurongo aba tu bakabaha amazina yababikora ?
@wizyrozay Says:
Mr var hano aradutaburiye nonese uwo muntu baguraga iki kuburyo Yamuha 600 mille dollar nangwate
@Gv--eg3sq Says:
Ubwo se 600k yaguraga iki bwana munyamakuru ko batatubwiye uwamureze, bananiwe kumvukana ese nta ligne de credit yagiraga? Mudusobanurire murakoze
@mrndanyuzwe Says:
"Call me Mr. VAR" Ukaba uragitsiritse
@Mweneisaka60 Says:
ubuse abavugaga ko atayabura ngo afite bonds za 5bilions , ubu Aya mafaranga nimake Koko barabona byàbura kuba ayamafaranga asaga miliyari Ninde wapfa kuba ayicaranye ko abari mubiciruzwa.
@ahishubijedieudonne1463 Says:
Mr. VAR 🎉🎉🎉🎉
@emmanuelkaremera Says:
Call me Mr VAR
@NadjibuAboubakar Says:
Mr VAR
@FelixKamilion Says:
VAR nibyawe kbs
@pboentertainmenttv Says:
Ndabasuhuuujeeee yemwe Mbahaye n'ikaze nimwe mukurikira ibiganiro byacu....Ikiganiro Inama y'umutekano tukigezwaho na MR. VAR setu.
@mutanguhaviateur Says:
Venant natangiye kugukurikira nta minsi 2 ishize ariko i am impressed: analysis nziza, urwenya...komerezaho.
@adolpheugirashebuja4473 Says:
Simbona ko igisubizo no gukemura ibibazo birangizwa n'igifungo, twakongera tukavoma mu mateka yacu turakareba uko ibibazo byajyaga bikemuka, gufunga sinjya mbona ko ari igisubizo mu gucyemura ibibazo.
@nkusikabera5269 Says:
Afite nuruganda rukora amballage zazondi za kaki,niwe warutangije murwanda....
@MpambaraAloys-m4y9c Says:
Ngukundira uburyo usobanura ibyawe kd utuje niyo mpamvu like yanjy ni ngombwa !
YOUTUBE COMMENTS